Ibibazo abantu bakunze kwibaza ku Bahamya ba Yehova

Ese Abahamya ba Yehova bafasha abagwiririwe n’ibiza?

Menya uko dufasha abagwiririwe n’ibiza, baba abo duhuje ukwizera n’abandi.

Ese Abahamya ba Yehova bafasha abagwiririwe n’ibiza?

Menya uko dufasha abagwiririwe n’ibiza, baba abo duhuje ukwizera n’abandi.

Kuki Abahamya ba Yehova bahinduye imwe mu myizerere yabo?

Ntidutungurwa n’uko hagize ikintu cyahindutse. No mu bihe bya Bibiliya, hari igihe byabaga ngombwa ko abagaragu b’Imana bahinduraga uko babona ibintu.

Ese mu Bahamya ba Yehova habamo ababwirizabutumwa b’abagore?

Ni uruhe ruhare abagore bagira mu murimo wo kubwiriza ukorwa n’Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi?

Abahamya ba Yehova bizera iki?

Reba muri make ibintu 15 by’ingenzi twizera.

Ese Abahamya ba Yehova bizera Yesu?

Suzuma impamvu ari iby’ingenzi cyane ko Abakristo b’ukuri bizera Yesu.

Ese Abahamya ba Yehova bizera ko idini ryabo ari ryonyine ry’ukuri?

Ese Yesu yavuze ko hari inzira nyinshi ziganisha ku gakiza?

Ese Abahamya ba Yehova bumva ko ari bo bonyine bazakizwa?

Bibiliya isobanura abazakizwa abo ari bo.

Ese Abahamya ba Yehova borohera abantu bo mu yandi madini?

Sobanukirwa uko koroherana ari ikimenyetso kiranga Abakristo b’ukuri.

Kuki Abahamya ba Yehova badaterwa amaraso?

Hari ibintu byinshi abantu bibeshya ku Bahamya ba Yehova no ku kibazo cyo guterwa amaraso. Reba imyizerere yabo kuri iyi ngingo.

Ese Abahamya ba Yehova banga gukingirwa?

Hari amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha kwifatira umwanzuro wo kwikingiza.

Ese Abahamya ba Yehova bizera ko Imana yaremye ibintu mu minsi 6 y’amasaha 24?

Ese wari uzi ko bimwe mu bitekerezo bivuga ko isi iminsi yareshyaga n’amasaha 24 binyuranyije na Bibiliya?

Abahamya ba Yehova bavuga iki kuri siyansi?

Ese imyizerere yabo ihuza n’ibyagezweho muri siyansi?

Ese Abahamya ba Yehova bemera Isezerano rya Kera?

Ese hari ibice bya Bibiliya bitagihuje n’igihe? Reba amateka y’ingenzi n’inama z’ingirakamaro Abakristo bakura mu Byanditswe by’Igiheburayo.

Kuki Abahamya ba Yehova bahinduye imwe mu myizerere yabo?

Ntidutungurwa n’uko hagize ikintu cyahindutse. No mu bihe bya Bibiliya, hari igihe byabaga ngombwa ko abagaragu b’Imana bahinduraga uko babona ibintu.

Kuki Abahamya ba Yehova badakoresha umusaraba?

Nubwo turi Abakristo ntidukoresha umusaraba. Kubera iki?

Ku isi hose hari Abahamya ba Yehova bangahe?

Dore uko tumenya umubare w’abayoboke bacu.

Ni nde washinze idini ry’Abahamya ba Yehova?

Soma maze umenye impamvu Charles Taze Russell atashinze idini rishya.

Amafaranga Abahamya ba Yehova bakoresha ava he?

Ntidukoresha uburyo bukoreshwa n’andi madini.

Ese Abahamya ba Yehova batanga icya cumi?

Ese hari umubare w’amafaranga Abahamya ba Yehova basabwa gutanga?

Ese Abahamya ba Yehova bagira itsinda ry’abayobozi rihembwa?

Ese bafite itsinda ry’abayobozi ritandukanye n’Abakristo basanzwe? Ni ba nde bemererwa kuba ababwiriza?

Ese mu Bahamya ba Yehova habamo ababwirizabutumwa b’abagore?

Ni uruhe ruhare abagore bagira mu murimo wo kubwiriza ukorwa n’Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi?

Amatorero y’Abahamya ba Yehova akora ate?

Menya uko itorero ridufasha kubona ubuyobozi n’inyigisho tuba dukeneye.

Inteko Nyobozi y’Abahamya ba Yehova ni iki?

Ese abagize Inteko Nyobozi ni bo bayobora itorero?

Watch Tower Bible and Tract Society ni iki?

Ni iyihe sano uwo muryango ufitanye n’umurimo w’Abahamya ba Yehova?

Kuki Abahamya ba Yehova batiregura buri kantu kose bashinjwa?

Mu gihe havutse impaka, Abahamya ba Yehova bagerageza gukurikiza amahame yo muri Bibiliya. Bazirikana ko “hari igihe cyo guceceka n’igihe cyo kuvuga.”​—Umubwiriza 3:7.

Kuki Abahamya ba Yehova babwiriza ku nzu n’inzu?

Menya inshingano Yesu yahaye abigishwa be ba mbere.

Ese Abahamya ba Yehova babwiriza kugira ngo bazabone agakiza?

Menya ibyo twizera ku birebana n’agakiza n’uko kaboneka.

Kuki Abahamya ba Yehova babwiriza abantu basanzwe bafite idini?

Ni iki gituma tubwiriza abantu bafite amadini yabo?

Ese Abahamya ba Yehova bahatira abantu kuva mu madini yabo?

Ese umurimo wo kubwiriza Abahamya bakora ugamije gutuma abantu bava mu madini yabo?

Kwiga Bibiliya bikorwa bite?

Ushobora gukoresha Bibiliya yawe mu gihe wiga, kandi ushobora gutumira abagize umuryango wawe cyangwa inshuti zawe.

Ese Abahamya ba Yehova bakora umurimo w’ubumisiyonari?

Ni ba nde bakora umurimo w’ubumisiyonari kandi kuki? Ese hari abahabwa imyitozo yihariye kugira ngo bakore uwo murimo?

Ese mu Bahamya ba Yehova habamo ababwirizabutumwa b’abagore?

Ni uruhe ruhare abagore bagira mu murimo wo kubwiriza ukorwa n’Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi?

Kuki aho Abahamya ba Yehova bateranira batahita kiliziya?

Menya aho izina “Inzu y’Ubwami y’Abahamya ba Yehova” ryakomotse, n’impamvu turikoresha.

Kuki Abahamya ba Yehova badakoresha umusaraba?

Nubwo turi Abakristo ntidukoresha umusaraba. Kubera iki?

Kuki Abahamya ba Yehova bizihiza Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba mu buryo butandukanye n’andi madini?

Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba ni wo munsi mukuru ukomeye Abahamya ba Yehova bizihiza. Bibiliya isobanura neza iby’uwo munsi.

Ese Abahamya ba Yehova bagira Bibiliya yabo?

Gusoma Bibiliya zitandukanye bishobora gutuma urushaho gusobanukirwa Ibyanditswe. Ibintu bitatu byihariye byagombye gutuma ukoresha na Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya mu gihe wiyigisha.

Ese Bibiliya​—Ubuhinduzi bw’isi nshya ihuje n’ukuri?

Kuki Bibiliya​—Ubuhinduzi bw’isi nshya itandukanye n’izindi Bibiliya nyinshi?

Ese Abahamya ba Yehova bemera Isezerano rya Kera?

Ese hari ibice bya Bibiliya bitagihuje n’igihe? Reba amateka y’ingenzi n’inama z’ingirakamaro Abakristo bakura mu Byanditswe by’Igiheburayo.

Kuki Abahamya ba Yehova bativanga muri politiki?

Ese bashobora guhungabanya umutekano w’igihugu?

Impamvu Abahamya ba Yehova batifatanya mu minsi mikuru y’ibihugu

Ese Abahamya ba Yehova bagira indahiro runaka bakora?

Kuki Abahamya ba Yehova batifatanya mu ntambara?

Ku isi hose, Abahamya ba Yehova bazwiho kutifatanya mu ntambara. Menya impamvu bafashe uwo mwanzuro.

Ese Abahamya ba Yehova bafasha abagwiririwe n’ibiza?

Menya uko dufasha abagwiririwe n’ibiza, baba abo duhuje ukwizera n’abandi.

Ese Abahamya ba Yehova barivuza?

Hari abantu batekereza ko Abahamya ba Yehova bativuza. Ese ni byo?

Ese Abahamya ba Yehova banga gukingirwa?

Hari amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha kwifatira umwanzuro wo kwikingiza.

Kuki Abahamya ba Yehova badaterwa amaraso?

Hari ibintu byinshi abantu bibeshya ku Bahamya ba Yehova no ku kibazo cyo guterwa amaraso. Reba imyizerere yabo kuri iyi ngingo.

Uko Abahamya ba Yehova babona uburezi

Ni ayahe mahame afasha Abahamya ba Yehova gufata umwanzuro w’amashuri baziga?

Ese Abahamya ba Yehova bahatira abana babo kujya mu idini ryabo?

Kimwe n’abandi babyeyi, Abahamya ba Yehova baba bifuriza abana babo ibyiza. Babigisha ibyo babona ko bizabagirira akamaro.

Ese Abahamya ba Yehova basenya imiryango cyangwa batuma irushaho kuba myiza?

Abahamya ba Yehova bajya bashinjwa gusenya imiryango. Ariko se koko Abahamya bateza amacakubiri mu muryango?

Ese Abahamya ba Yehova bafite amategeko agenga ibyo kurambagiza?

Ese kurambagiza ni ukwishimisha cyangwa ni ikintu gikomeye kurushaho?

Abahamya ba Yehova babona bate ibyo gutana kw’abashakanye?

Ese Abahamya ba Yehova bafasha abashakanye bafite ibibazo? Ese Abasaza ni bo bemeza ko Umuhamya agomba gutana n’uwo bashakanye?

Ese hari filimi, ibitabo cyangwa indirimbo Abahamya ba Yehova batemera?

Ni ayahe mahame y’ibanze yadufasha guhitamo imyidagaduro?

Kuki hari iminsi mikuru Abahamya ba Yehova batizihiza?

Reba ibisubizo by’ibibazo bine abantu bakunda kwibaza ku bihereranye n’Abahamya ba Yehova hamwe n’iminsi mikuru.

Kuki Abahamya ba Yehova batizihiza Noheli?

Abantu benshi bizihiza Noheli nubwo bazi aho ikomoka. Menya impamvu Abahamya ba Yehova batayizihiza.

Kuki Abahamya ba Yehova batizihiza Pasika?

Abantu benshi bumva ko Pasika ari umunsi mukuru wa gikristo. Kuki Abahamya ba Yehova batayizihiza?

Kuki Abahamya ba Yehova batizihiza iminsi mikuru y’amavuko?

Suzuma ibintu bine bigaragaza impamvu Imana idashimishwa n’iyo minsi.

Ubukwe bw’Abahamya ba Yehova buba bumeze bute?

Imihango y’ubukwe ishobora kuba itandukanye, ariko hari ikintu k’ingenzi ihuriyeho.

Kuki Abahamya ba Yehova bizihiza Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba mu buryo butandukanye n’andi madini?

Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba ni wo munsi mukuru ukomeye Abahamya ba Yehova bizihiza. Bibiliya isobanura neza iby’uwo munsi.

Abahamya ba Yehova babona bate imihango y’ihamba?

Imyanzuro Abahamya bafata mbere yo kujya mu muhango w’ihamba iba ishingiye kuri Bibiliya.

Ese Abahamya ba Yehova ni Abakristo?

Suzuma aho dutandukaniye n’andi madini yiyita aya gikristo.

Ese Abahamya ba Yehova ni Abaporotesitanti?

Ibintu bibiri bigaragaza icyo Abahamya ba Yehova batandukaniyeho n’andi madini yiyita aya gikristo atari Kiliziya Gatolika.

Ese Abahamya ba Yehova ni agatsiko k’idini ryo muri Amerika?

Dore ibintu bine wasuzuma ku birebana n’iryo dini riri ku isi hose.

Ese Abahamya ba Yehova ni Abanyasiyoni?

Imyizerere yabo ishingiye ku Byanditswe kandi nta bwoko barutisha ubundi.

Ese Abahamya ba Yehova ni agatsiko k’idini?

Gereranya ibisobanuro bitangwa n’imyizerere y’Abahamya ba Yehova.

Ku isi hose hari Abahamya ba Yehova bangahe?

Dore uko tumenya umubare w’abayoboke bacu.

Nakora iki ngo mbe Umuhamya wa Yehova?

Muri Matayo 28:19, 20 havuga intambwe eshatu ugomba gutera.

Ese kwigana Bibiliya n’Abahamya ba Yehova bisobanura ko mpinduka Umuhamya?

Abantu bo ku isi hose babarirwa muri za miriyoni bigishwa Bibiliya mu rurimi rwabo ku buntu. Ese niba wemeye kwiga Bibiliya ni ngombwa ko uhinduka Umuhamya?

Ese umuntu ashobora gusezera mu Bahamya ba Yehova?

Hari uburyo bubiri umuntu ashobora kubikoramo.

Ese Abahamya ba Yehova baha akato abatakiri mu idini ryabo?

Hari igihe guca umuntu biba ngombwa, kandi bishobora kumufasha kugaruka mu itorero.