Soma ibirimo

Ibyiyumvo

Abakiri bato benshi bumva bigunze, bihebye, bahangayitse cyangwa bafite umunaniro ukabije. Menya uko wahangana n’ibyiyumvo bitandukanye ushobora kugira.

Ibyiyumvo bidakwiriye

Nategeka nte ibyiyumvo byange?

Kuba abakiri bato benshi bagira ibyiyumvo bihindagurika ni ibintu bisanzwe. Ariko igishimishije ni uko ushobora kumenya uko wategeka ibyiyumvo byawe.

Uko warwanya ibyiyumvo bidakwiriye

Uyu mwitozo ugenewe kugufasha gutegeka ibyiyumvo byawe.

Nakwirinda nte kugira ibitekerezo bibi?

Gutekereza kuri ibi bibazo bikurikira bizagufasha kurangwa n’ikizere.

Nahangana nte no kwiheba?

Ibi bintu byagufasha gukira indwara yo kwiheba.

Uko wahangana n’agahinda

Ni iki cyagufasha kumererwa neza mugihe wari ufite agahinda?

Icyo wakora ngo udakomeza kubabara

Wakora iki niba wumva wishwe n’agahinda?

Uko wahangana n’irungu

Guhorana irungu bishobora kukugiraho ingaruka nk’izigera ku muntu unywa amasegereti 15 ku munsi. Uko wakwirinda irungu, ubwigunge n’imitekerereze yo kumva ko wahejwe

Nakora iki ngo nirinde imihangayiko?

Ibintu bitandatu byagufasha kwirinda imihangayiko.

Nakora iki ngo ntegeke uburakari?

Imirongo y’Ibyanditswe itanu yagufasha gukomeza gutuza mu gihe hagize ugushotora.

Uko wakwitwara mu gihe urakaye

Ibintu bitanu bishingiye kuri Bibiliya byagufasha gutegeka uburakari.

Ese naba mpora nifuza gukora ibintu mu buryo butunganye?

Wamenya ute itandukaniro riri hagati yo gushaka gukora ibintu neza no guhatanira gukora ibintu mu buryo butunganye?

Uko wakwirinda kuba umuntu wifuza ko ibintu byose bikorwa mu buryo butunganye

Uyu mwitozo wagufasha gushyira mu gaciro ku birebana n’ibyo witega ko ushobora gukora ndetse n’ibyo witega ku bandi.

Ingorane

Icyo wakora mu gihe hagize igihinduka

Mu buzima ibintu bihora bihinduka. Suzuma uko bamwe na bamwe bahanganye n’ihinduka kandi babishobora.

Ese ushoboye guhangana n’ibibazo?

Kubera ko tudashobora kwirinda ingorane zose, tugomba kwitoza guhangana na zo, uko zaba zimeze kose.

Nahangana nte n’agahinda ko gupfusha?

Bifata igihe kugira ngo agahinda gaterwa no gupfusha kagabanuke. Genzura inama zatanzwe muri iyi ngingo, uhitemo iyagufasha kurusha izindi.

Nakora iki mu gihe ngize ibyago?

Abakiri bato baravuga icyabafashije kwihanganira ibyababayeho.

Icyo wakora mu gihe upfushije umubyeyi

Gupfusha umubyeyi birababaza cyane. Ni iki cyafasha abakiri bato kwihanganira agahinda baterwa no gupfusha?

Nabingenza nte niba kubaho bindambiye?

Inama enye z’ingirakamaro zagufasha guhangana no kumva urambiwe kubaho.

Nakora iki niba hari abannyuzura?

Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.

Nakora iki mu gihe bannyuzuye?

Ntushobora kubuza abantu kukunnyuzura ariko ushobora guhindura uko ubyakira.

Si ngombwa ko urwana n’abashaka kukunnyuzura

Impamvu abantu bannyuzura abandi n’uko wabigenza bikubayeho.

Nakora iki niba hari abannyuzura bifashishije interineti?

Icyo ugomba kumenya n’icyo wakora kugira ngo wirinde abakunnyuzura.

Uko wacecekesha abakunnyuzura bifashishije interineti

Uyu mwitozo uzagufasha kumenya ibyiza n’ibibi by’imyanzuro wafata n’uko wacecekesha abakunnyuzura bakoresheje interineti.

Imbuga nkoranyambaga zingiraho izihe ngaruka?

Imbuga nkoranyambaga zirabata. Dore inama zagufasha kwirinda ko zigutesha igihe.

Nakwitwara nte ngeze mu gihe cy’amabyiruka?

Menya icyo wakora kugira ngo uhangane n’iryo hinduka.

Kuki nikebagura?

Abakiri bato benshi bahanganye n’ikibazo cyo kwibabaza. Niba ibyo bijya bikubaho se, wakura he ubufasha?

Nakwirinda nte umunaniro ukabije?

Ni iki kibitera? Ese uhorana umunaniro? Niba ari uko bimeze se wakora iki?

Icyo wakora mu gihe bakubenze

Uyu mwitozo ugaragaza intambwe watera ngo wihanganire ibyakubayeho.

Ni iki nkwiriye kumenya ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina?​—Igice cya 2: Gukira ibikomere

Soma iyi nkuru wiyumvire ukuntu abakobwa bigeze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina baje gukira ibikomere by’ibyababayeho.