Soma ibirimo

Umuryango

Ese ufitanye ibibazo n’ababyeyi bawe? Ese kumvikana n’abo muvukana birakugora? Bibiliya ishobora kugufasha guhangana n’ibyo bibazo ndetse n’ibindi bishobora kuvuka mu muryango.

Uko mbanye n'ababyeyi banjye

Nakora iki ngo numvikane n’ababyeyi banjye?

Dore ibintu 5 byatuma udahora utongana n’ababyeyi bawe kandi n’igihe mutonganye ntibigere kure.

Uko naganira n’ababyeyi bange

Bizakugirira akamaro kenshi kurusha uko wari ubyiteze.

Naganira nte n’ababyeyi banjye?

Wakora iki kugira ngo uganire n’ababyeyi bawe ndetse n’igihe wumva udashaka kuvuga?

Naganira nte n’ababyeyi bange ku mategeko banshyiriraho?

Jya umenya kuganira n’ababyeyi bawe ububashye. Ushobora gutangazwa n’uko ibintu bishobora kugenda neza kurusha uko wabitekerezaga.

Ese amategeko ababyeyi bagushyiriraho agufitiye akamaro?

Ese gukurikiza amategeko ababyeyi bawe bagushyiriraho birakugora? Dore inama zagufasha.

Amategeko ababyeyi bagushyiriraho

Fata akanya utekereze ku mategeko akugora kuyubahiriza.

Naganira nte n’ababyeyi banjye?

Izi nama zagufasha kurushaho gushyikirana n’ababyeyi bawe.

Wakora iki mu gihe wasuzuguye ababyeyi bawe?

Ibyabaye biba byabaye ariko ushobora kugira icyo ukora kugira ngo bitarushaho kuba bibi. Iyi ngingo irakwereka icyo wakora.

Nakora iki ngo ababyeyi bange bangirire ikizere?

Kuba umuntu wiringirwa ntibireba gusa abakiri bato.

Nakora iki ngo mpabwe umudendezo?

Ushobora kuba wifuza ko ababyeyi bawe bagufata nk’umuntu mukuru ariko bo bakaba atari ko babibona. Wakora iki kugira ngo bakugirire icyizere?

Ese wumva ababyeyi bawe badashaka kukureka ngo wishimishe?

Ese mu gihe ngiye kwishimisha nagombye gutoroka ababyeyi banjye cyangwa nababwiza ukuri?

Nakora iki mu gihe umubyeyi wanjye arwaye?

Nta bwo ari wowe wenyine uhanganye n’icyo kibazo. Menya icyafashije Emmaline na Emily kwihangana.

Igihe umubyeyi wawe arwaye

Niba papa wawe cyangwa mama wawe arwaye indwara idakira, uru rupapuro rw’umwitozo rwagufasha kumenya uko wabitaho nawe ukiyitaho.

Ese ababyeyi bawe baratanye?

Wahangana ute n’agahinda, uburakari no kubika inzika?

Ubuzima bwo mu rugo

Kuki ukwiriye kubana neza n’abo muvukana?

Urabakunda, ariko hari igihe bajya bakurakaza.

Kubana neza n’abo muvukana

Koresha uru rupapuro rw’imyitozo kugira ngo umenye ikibazo mugirana, ugisuzume kandi umenye uko wagikemura.

Nakora iki ngo ababyeyi be kwivanga mu buzima bwanjye?

Ese ubona ababyeyi basa n’aho bivanga mu buzima bwawe? Wabikoraho iki?

Wakora iki niba wumva hari abivanga mu buzima bwawe?

Irebere icyo wakora ngo ababyeyi bawe barusheho kukugirira icyizere.

Ese niteguye kuva mu rugo?

Ni ibihe bibazo watekerezaho mbere yo gufata umwanzuro ukomeye?

Mu gihe bibaye ngombwa ko usubira iwanyu

Ese wigeze kuva iwanyu ugerageza kwitunga, maze birakunanira? Dore inama zagufasha mu gihe usubiyeyo.