Soma ibirimo

Kwigisha abandi Bibiliya

Menya inkuru z’ibyabaye ku Bahamya ba Yehova igihe bigishaga abandi Ijambo ry’Imana.

Bakoreshe telefone rusange bigisha abantu Bibiliya

Mushiki wacu Daiane yatangije ate ibyigisho bya Bibiliya mu mudugudu wa kure, utagira amashanyarazi na interinete?

Yatangajwe n’ibyo yagezeho

Ni mu buhe buryo Desicar, umubyeyi wo muri Venezuwela urera umwana wenyine, yagize icyo ageraho igihe yabwirizaga akoresheje uburyo bushya mu gihe cy’icyorezo cya COVID-19?

Bishimiye amabaruwa yabandikiye

Ni ibihe bintu bishimishije byagezweho mu murimo wo kubwiriza hakoreshwe amabaruwa?

“Nari maze igihe ntegereje ko mwazampamagara”

Ni iyihe mpamvu yatumye umugabo n’umugore bishimira kuba baragize ubutwari maze bakabwiriza bakoresheje telefone?

Yafashije abakozi bo kwa muganga guhangana n’imihangayiko

Ni iki cyafashije abaganga n’abakozi bo ku bitaro mu gihe bari bahangayikishijwe n’icyorezo cya COVID-19?

Bakomeje kubwiriza mu gihe k’icyorezo

Abavandimwe na bashiki bacu bakomeje kugira ibyishimo no kurangwa n’ikizere. Bagize ibyo bahindura mu buryo bakoramo umurimo kugira ngo bakomeze kugeza ku bandi ubutumwa buhumuriza.

Natangajwe n’ukuntu bitaye ku mbwa zange!

Umugabo n’umugore babwiriza ku kagare bitaye ku mugabo n’imbwa ze. Ibyo byagize akahe kamaro?

Imvura nyinshi yabafashije kubwiriza

Nyuma y’imvura nyinshi, abantu bo mu midugudu yo muri Nikaragwa bafashijwe n’Abahamya bari baraje kuhasura.

Isengesho ry’umugore ufite ubumuga bwo kutabona ryarashubijwe

Mingjie yasenze asaba ko yabona idini ry’ukuri. Yumvise ameze ate igihe isengesho rye ryasubizwaga?

Yatangiye ari umwe baza kuba benshi!

Abahamya ba Yehova bo muri Gwatemala bagejeje ukuri ko muri Bibiliya ku bantu bavuga ururimi rw’Igikeci.

Yaranyuzwe!

Umuyobozi w’idini n’umugore we barwaje umwana nyuma aza gupfa. Ibyo byabateye agahinda katavugwa. Icyakora banyuzwe n’ibisubizo bahawe n’Umuhamya.

Bamwitiranyije na Pasiteri

Umuhamya wa Yehova wo muri Shili yabonye uburyo bwihariye bwo kubwiriza ubutumwa bwiza, asobanura ko Imana itifuzaga ko abantu bapfa.

Ubutumwa bwiza bugera ku batuye mu mashyamba y’inzitane

Abahamya ba Yehova 13 bagejeje ubutumwa bwiza ku basangwabutaka baba mu ishyamba ry’inzitane ry’Amazone.

Abaporisi baherekeje Joseph

Iyumvire uko abaporisi baherekeje Abahamya bari baje ku kirwa, bakabafasha kubwiriza ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana

Barahagaze ngo babafashe

Ni iki cyatumye Abahamya batanu bihanganira urubura n’ubukonje bukabije kugira ngo bafashe umuturanyi wabo?

“Iyo ugiriye umuntu neza, na we ayigirira abandi”

Menya icyatumye Umuhamya wa Yehova wo muri Afurika y’Epfo akora ibishoboka byose kugira ngo abone umugabo wari wataye isakoshi aho bacururiza ikawa.

“Nkora ibyo nshoboye”

Nubwo Irma ari hafi kugira imyaka 90, yandikira abantu amabaruwa abahumuriza.

Jya ubabwira ko ubakunda

Reba uko Bibiliya yafashije umuryango kubana neza mu rukundo

”Ibi ni ubwa mbere twabyumva!”

Videwo zo ku rubuga rwa jw.org zishimisha abarimu, abajyanama n’abandi.

Igikorwa kigaragaza ineza ya gikristo

Ni mu buhe buryo igikorwa kigaragaza ineza cyafashije umuntu warwanyaga ukuri kwishimira ukuri ko muri Bibiliya?

Ntugatakaze icyizere!

Ntiwagombye kureka kwizera ko mu gihe runaka umuntu azemera ukuri. Isomere uko byagenze kuri bamwe n’impamvu zabiteye.

Hulda yageze ku cyo yifuzaga

Ni iki Hulda yakoze kugira ngo abone tabuleti yari kumufasha mu murimo wo kubwiriza no mu materaniro?

Gahunda yateguwe neza yageze ku bintu bishimishije

Isomere inkuru ivuga ukuntu umwana w’umukobwa w’imyaka icumi wo muri Shili, yashyizeho imihati kugira ngo atumirire abantu bose bo ku ishuri rye bavugaga ikimapudunguni kujya mu munsi mukuru wihariye.

Ese ureba ibirenze ibigaragarira amaso?

Byagenze bite igihe Umuhamya wa Yehova yabwirizaga yihanganye umuntu wasaga nabi kandi wabaga mu muhanda?