Soma ibirimo

Bibiliya ivuga ukuri ku bihereranye n’amateka

Ibihugu n'uturere byo muri Bibiliya

Nineve yararimbutse

Igihe Ashuri yari imaze gukomera cyane, umuhanuzi wa Yehova yahanuye ikintu abantu batari biteze.

Ese wari ubizi?—Nyakanga 2015

Bibiliya ivuga ko uduce tumwe na tumwe tw’Igihugu cy’Isezerano twarimo amashyamba. Ese ko muri iki gihe nta mashyamba menshi akihaba, ibyo Bibiliya ivuga ni ukuri?

Ese wari ubizi?—Mata 2013

Kuki Nineve ya kera yiswe “umugi uvusha amaraso?” Kuki Abayahudi ba kera bubakaga inkuta zigota igisenge?

Abantu bavugwa muri Bibiliya

Ese wari ubizi?—Werurwe 2020

Ese hari ibimenyetso bitari ibyo muri Bibiliya bigaragaza ko Abisirayeli babaye abacakara muri Egiputa?

Izina ryo muri Bibiliya ryanditse ku kibindi cya kera

Ibimene by’ikibindi bimaze imyaka 3.000 byataburuwe mu matongo mu mwaka wa 2012, byashishikaje cyane abashakashatsi. Ni iki cyabashishikaje?

Ibyataburuwe mu matongo bigaragaza ko Umwami Dawidi yabayeho

Hari abavuga ko umwami wa Isirayeli witwaga Dawidi atabayeho ko inkuru ivuga ibye ari inkuru y’impimbano. Ariko se uretse kuba avugwa muri Bibiliya, ni iki abahanga mu byataburuwe mu matongo bavumbuye?

Ese wari ubizi?—Gashyantare 2020

Ibyataburuwe mu matongo bigaragaza bite ko Belushazari yabaye umwami wa Baboloni?

Abantu ba kera—Kuro Mukuru

Kuro yari muntu ki kandi se ni ubuhe buhanuzi butangaje bushobora kuba bwaravuzwe imyaka 150 mbere y’uko avuka?

Ibimenyetso bikomeje kwiyongera

Nubwo ushobora kuba utazi Tatenayi, kuba ibyataburuwe bimuvuga ni indi gihamya igaragaza ko yabayeho.

Ese Yohana Umubatiza yabayeho koko?

Umuhanga mu by’amateka witwa Josèphe yemeraga ko Yohana Umubatiza yabayeho. Ubwo rero natwe ntitwabishidikanyaho.

Ese Yesu yabayeho koko?

Abantu ba kera n’abo muri iki gihe babivugaho iki?

Ese inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’imibereho ya Yesu ihuje n’ukuri?

Menya ukuri ku birebana n’inkuru zo mu Mavanjiri n’inyandiko za kera zandikishijwe intoki.

Yari uwo mu muryango wa Kayafa

Isanduku irimo amagufwa ya Miriyamu yavumbuwe ihamya ko abantu bavugwa muri Bibiliya ari abantu babayeho koko, kandi bari bafite imiryango izwi bakomokagamo.

Ese wari ubizi?—Ugushyingo 2015

Kuki Yozefu yiyogoshesheje mbere yo kwitaba Farawo? Ese kuba Bibiliya ivuga ko se wa Timoteyo yari Umugiriki, bisobanura ko yavukiye mu Bugiriki?

Ese wari ubizi?—Gicurasi 2015

Ese ibyataburuwe mu matongo bishyigikira ibivugwa muri Bibiliya? Intare zashize mu bihugu bivugwa muri Bibiliya ryari?

Inkuru zo muri Bibiliya

Ese inkuru ivuga iby’Umwuzure wo mu gihe cya Nowa yaba ari impimbano?

Bibiliya ivuga ko Imana yateje umwuzure ngo irimbure abantu babi. Ni ibihe bihamya Bibiliya itanga bigaragaza ko iyo nkuru yahumetswe n’Imana?

Ese indimi tuvuga zakomotse ku ‘munara w’i Babeli’?

Umunara w’i Babeli ni iki? Mu by’ukuri se indimi zakomotse he?

Ese wari ubizi?—Kamena 2022

Ese Abaroma bari kwemera ko umuntu bamanitse ku giti, urugero nka Yesu, ahambwa mu buryo busanzwe?

Ubutumwa bwiza ku bantu bose​—Ubuhanuzi nyakuri

Yesu yakoresheje ubuzima bwe abwiriza “ubutumwa bwiza bw’ubwami.” Ese iby’ubutumwa yatangazaga byajyanye na we?

Igishushanyo cyo muri Egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri

Menya ukuntu igishushanyo cyo muri egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri.

Ese ibyo Bibiliya ivuga ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage i Babuloni ni ukuri?

Ese ubushakashatsi butari ubwo muri Bibiliya bwemeza ko ibyo Imana yari yaravuze ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage ari ukuri?

Ibibazo by’abasomyi—Ugushyingo 2015

Ni iki kigaragaza ko umugi wa kera wa Yeriko wagoswe igihe gito mbere yo gufatwa?

Ese wari ubizi?​—Ukwakira 2012

Ese Abakristo bavuye mu Buyuda mbere y’irimbuka rya Yerusalemu ryo mu wa 70 I.C.? Abana b’abahanuzi ni ba nde?

Imibereho yo mu bihe bya Bibiliya

Uko igare ryari ritwaye Umutware w’Umunyetiyopiya ryari riteye

Igare ryari ritwaye umutware w’Umunyetiyopiya igihe yahuraga na Filipo ryari rimeze rite?

Ibibazo by’abasomyi​—Ukwakira 2023

Ese igihe Abisirayeli bari mu butayu hari ikindi kintu bariye uretse manu n’inturumbutsi?

Uko kera babumbaga amatafari bihuza n’ibyo Bibiliya ivuga

Ni mu buhe buryo amatafari n’uburyo bwo kuyabumba byavumbuwe mu matongo y’ahahoze Babuloni bishyigikira ibyo Bibiliya ivuga?

Ese wari ubizi?—Kamena 2022

Mu bihe bya Bibiliya babaraga bate amezi n’imyaka?

Ibimenyetso bifatanya bya kera byabaga bimeze bite?

Kuki ibimenyetso bifatanya bya kera byari iby’ingenzi cyane kandi se abami n’abategetsi babikoreshaga bate?

”Imisozi uzacukuramo imiringa”

Ubushakashatsi bwa vuba aha bw’ibyataburuwe mu matongo, bwagize icyo busobanura ku byerekeye umuringa wakoreshwaga mu bihe bya Bibiliya.

Amavuta n’ibindi bintu bisigaga mu bihe bya Bibiliya

Ni ibihe bintu abagore bo mu bihe bya Bibiliya bakoreshaga kugira ngo barusheho kuba beza?

Ese wari ubizi?—Ukwakira 2017

Ni uwuhe mugenzo w’Abayahudi watumye Yesu yamagana ibyo kurahira?

Ese wari ubizi?—Umunara w’Umurinzi No. 5 2017

Ese igihe Yesu yitaga abatari Abayahudi “ibibwana by’imbwa” yari abatutse?

Ese wari ubizi?​—Kamena 2017

Kuki abagurishirizaga amatungo mu rusengero rw’i Yerusalemu Yesu yabise “abambuzi”?

Ese wari ubizi?—Ukwakira 2016

Mu kinyejana cya mbere, Abaroma bahaga abayobozi b’Abayahudi umudendezo ungana iki? Ese koko mu bihe bya kera byarashobokaga ko umuntu abiba urumamfu mu murima wa mugenzi we?

Ese wari ubizi?—Ukuboza 2015

Ese Abayahudi baje i Yerusalemu kuri Pentekote yo mu wa 33, bari baturutse “mu mahanga yose ari munsi y’ijuru”? Iyo babaga baje mu minsi mikuru bacumbikaga he?

Ese wari ubizi?—Werurwe 2015

Ubwenegihugu bw’Abaroma Pawulo yari afite bwari bumufitiye akahe kamaro? Abungeri ba kera bahembwaga iki?

Ese wari ubizi?​—Gicurasi 2014

Kuki Abayahudi basabye Pilato ko Yesu avunwa amaguru? Ese koko Dawidi yicishije Goliyati umuhumetso gusa?

Ese wari ubizi?—Gashyantare 2014

Umusagavu wakoreshwaga mu bihe bya Bibiliya wari uteye ute? Ibitambo byari byemewe mu rusengero rw’i Yerusalemu ni ibihe?

Ese wari ubizi?—Mutarama 2014

Mu gihe cya Yesu, amaturo yatangwaga ate? Ese Luka umwanditsi wa Bibiliya yari umuhanga mu by’amateka wemewe?