Soma ibirimo

Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza

 

Ese kwigaragambya ni wo muti?

Kwigaragambya bishobora gutuma ibintu bihinduka. Ariko se ni byo bizakuraho akarengane, ruswa no gukandamizwa?

Inama zagufasha kumenya—icyiza n’ikibi

Wagombye guhitamo ute ibirebana n’icyiza n’ikibi? Ese haba hari inama wakwiringira zagufasha?

 

Ese kunywa itabi ni icyaha?

Niba kunywa itabi bitavugwa muri Bibiliya, twasubiza icyo kibazo dute?

Wakora iki ngo umenye ukuri?

Bibiliya isubiza ibibazo by’ingenzi twibaza.

Jya umarana igihe n’uwo mwashakanye

Hari abagabo n’abagore benshi batabona umwanya wo kuganira ndetse n’igihe baba bari kumwe. Bakora iki ngo barusheho kuganira?

Ubuhinduzi bwa Bibiliya bwongeye kuboneka

Reba inkuru ishishikaje y’ukuntu hari ubuhinduzi bwa Bibiliya bwari bwarabuze n’ukuntu bwongeye kuboneka nyuma y’imyaka irenga 200.

Kunanira amoshya y’urungano

Hari ibintu bine byagufasha kujya wifatira imyanzuro.

Ese Imana yita ku bagore?

Igisubizo cy’icyo kibazo gishobora kugufasha kugira amahoro yo mu mutima niba uhohoterwa cyangwa ukarenganywa uzira kuba uri igitsina gore.

 

Ese muri Bibiliya wabonamo amagambo yaguhumuriza?

Imirongo yo muri Bibiliya yahumurije abantu bari bihebye kandi bafite ibibazo bikomeye.

Kuki Imana ireka imibabaro ikabaho?

Abantu benshi bibabaza impamvu isi yuzuyemo imibabaro. Bibiliya itanga igisubizo k’icyo kibazo.

Ni iki cyatuma mbaho nishimye?

Gahunda tugira yo kwigisha Bibiliya ku buntu yagufasha kubona igisubizo.

 

Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.

Gufasha abandi byatuma urwanya irungu

Inama zo muri Bibiliya zadufasha.

 

Irinde amakuru y’ibinyoma

Amakuru ayobya, inkuru z’impimbano n’amakuru y’ibihuha birogeye kandi bishobora kuguteza akaga.

Ese iterabwoba rizashira?

Ni ibihe byiringiro Bibiliya itanga?

 

Kuba “umusamariya mwiza” bisobanura iki?

Sobanukirwa inkomoko y’iyo mvugo umenye n’icyo isobanura.

Ni iki Bibiliya ivuga kuri Pasika?

Suzuma ingingo 5 zivuga ibirebana n’imigenzo ya pasika

Igitambo cya Yesu gishobora kukugirira akamaro

Reba ibintu bibiri by’ingenzi ushobora gukora.

 

Yesu azavanaho ubugizi bwa nabi

Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibintu byose Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?