Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza
Ese kwigaragambya ni wo muti?
Kwigaragambya bishobora gutuma ibintu bihinduka. Ariko se ni byo bizakuraho akarengane, ruswa no gukandamizwa?
Inama zagufasha kumenya—icyiza n’ikibi
Wagombye guhitamo ute ibirebana n’icyiza n’ikibi? Ese haba hari inama wakwiringira zagufasha?
Ese kunywa itabi ni icyaha?
Niba kunywa itabi bitavugwa muri Bibiliya, twasubiza icyo kibazo dute?
Wakora iki ngo umenye ukuri?
Bibiliya isubiza ibibazo by’ingenzi twibaza.
Jya umarana igihe n’uwo mwashakanye
Hari abagabo n’abagore benshi batabona umwanya wo kuganira ndetse n’igihe baba bari kumwe. Bakora iki ngo barusheho kuganira?
Ubuhinduzi bwa Bibiliya bwongeye kuboneka
Reba inkuru ishishikaje y’ukuntu hari ubuhinduzi bwa Bibiliya bwari bwarabuze n’ukuntu bwongeye kuboneka nyuma y’imyaka irenga 200.
Kunanira amoshya y’urungano
Hari ibintu bine byagufasha kujya wifatira imyanzuro.
Ese Imana yita ku bagore?
Igisubizo cy’icyo kibazo gishobora kugufasha kugira amahoro yo mu mutima niba uhohoterwa cyangwa ukarenganywa uzira kuba uri igitsina gore.
Ese muri Bibiliya wabonamo amagambo yaguhumuriza?
Imirongo yo muri Bibiliya yahumurije abantu bari bihebye kandi bafite ibibazo bikomeye.
Kuki Imana ireka imibabaro ikabaho?
Abantu benshi bibabaza impamvu isi yuzuyemo imibabaro. Bibiliya itanga igisubizo k’icyo kibazo.
Ni iki cyatuma mbaho nishimye?
Gahunda tugira yo kwigisha Bibiliya ku buntu yagufasha kubona igisubizo.
Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.
Irinde amakuru y’ibinyoma
Amakuru ayobya, inkuru z’impimbano n’amakuru y’ibihuha birogeye kandi bishobora kuguteza akaga.
Kuba “umusamariya mwiza” bisobanura iki?
Sobanukirwa inkomoko y’iyo mvugo umenye n’icyo isobanura.
Ni iki Bibiliya ivuga kuri Pasika?
Suzuma ingingo 5 zivuga ibirebana n’imigenzo ya pasika
Yesu azavanaho ubugizi bwa nabi
Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibintu byose Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?