Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza
Bibiliya ivuga iki ku birebana n’abaryamana bahuje igitsina?
Imana ibona ite ibikorwa byo kuryamana n’uwo muhuje igitsina? Ese umuntu nk’uwo yashimisha Imana?
Uko waba umubyeyi mwiza
Uko wafasha umwana wawe kwirinda imyifatire mibi iriho muri iki gihe.
Ese Imana ni yo iduteza imibabaro?
Inyigisho ziharabika Imana ziyobya abantu. Twabwirwa n’iki inyigisho z’ukuri?
Ese isi izigera igira amahoro n’umutekano?
Abantu benshi babona ko ubutegetsi bwananiwe kurinda abaturage babwo. Ariko Bibiliya ivuga uko ibyo bizagerwaho.
Jya ugira isuku
Kugira isuku no kugira gahunda bigufitiye akamaro wowe n’abagukikije. Bishobora gutuma ugira ubuzima bwiza kandi bikakurinda guhangayika.
Inama zagufasha kumenya—icyiza n’ikibi
Wagombye guhitamo ute ibirebana n’icyiza n’ikibi? Ese haba hari inama wakwiringira zagufasha?
Jya umarana igihe n’uwo mwashakanye
Hari abagabo n’abagore benshi batabona umwanya wo kuganira ndetse n’igihe baba bari kumwe. Bakora iki ngo barusheho kuganira?
Ese Imana yita ku bagore?
Igisubizo cy’icyo kibazo gishobora kugufasha kugira amahoro yo mu mutima niba uhohoterwa cyangwa ukarenganywa uzira kuba uri igitsina gore.
Ni iki cyatuma mbaho nishimye?
Gahunda tugira yo kwigisha Bibiliya ku buntu yagufasha kubona igisubizo.
Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.
Irinde amakuru y’ibinyoma
Amakuru ayobya, inkuru z’impimbano n’amakuru y’ibihuha birogeye kandi bishobora kuguteza akaga.
Isi nziza iri hafi
Tubyemezwa ni iki? Iyi gazeti y’Umunara w’Umurinzi, iragufasha kumenya icyo Bibiliya ibivugaho.