Soma ibirimo

Kuganira

Jya umarana igihe n’uwo mwashakanye

Hari abagabo n’abagore benshi batabona umwanya wo kuganira ndetse n’igihe baba bari kumwe. Bakora iki ngo barusheho kuganira?

Uko mwakoresha neza ibikoresho by’ikoranabuhanga

Ibikoresho by’ikoranabuhanga bishobora gufasha abashakanye cyangwa bikabateza ibibazo. None se byifashe bite mu muryango wanyu?

Uko mwaganira ku bibazo mufite

Umugabo n’umugore bagira uburyo butandukanye bwo kuvuga ibibari ku mutima. Kumenya aho batandukaniye bishobora kugufasha.

Uko wakwitoza gutega amatwi

Gutega amatwi uwo mwashakanye nta kindi bisaba, uretse urukundo. Dore uko wakwitoza kumutega amatwi.

Kuva ku izima

Ibintu bine byafasha abashakanye gushakira umuti w’ikibazo hamwe aho kujya impaka.

Wakora iki ngo wimakaze amahoro mu muryango wawe?

Ese bibiliya yatuma ugira amahoro iwawe? Reba icyo abashyize mu bikorwa inama zayo abaivugaho.

Uko wakwirinda guhimisha uwo mwashakanye guceceka

Ni iki gituma abashakanye bamwe na bamwe bareka kuvugana, kandi se ni iki cyabafasha gukemura ibyo batumvikanaho?

Uko wategeka uburakari

Gukomeza kurakara no guhisha uburakari bishobora kwangiza ubuzima bwawe. None se wakora iki mu gihe uwo mwashakanye akurakaje?

Uko mwareka gutongana

Ese ukunda gutongana n’uwo mwashakanye? Reba amahame ya Bibiliya yabafasha.

Uko wakwirinda kubwira nabi uwo mwashakanye

Wakora iki niba uwo mwashakanye akubwira nabi ku buryo bishobora kubasenyera?

Uko wasaba imbabazi

None se nkwiriye gusaba imbabazi kandi twembi twakosheje?

Uko wababarira

Kuki kubabarira bishobora kugorana cyane? Inama za Bibiliya zishobora kubigufashamo.

Uko imiryango irimo abana badahuje ababyeyi yabana neza na bene wabo

Amahame yo muri Bibiliya yafasha ate imiryango irimo abana badahuje ababyeyi kubana neza n’incuti na bene wabo