Ibirori byihariye

IBIRORI BYIHARIYE

I Roma hahuriye abantu benshi bataherukanaga

Abahamya ba Yehova babarirwa mu bihumbi batuye i Burayi bavuga igitagalogi bahuriye hamwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu.

IBIRORI BYIHARIYE

I Roma hahuriye abantu benshi bataherukanaga

Abahamya ba Yehova babarirwa mu bihumbi batuye i Burayi bavuga igitagalogi bahuriye hamwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu.

Ntitwifuza ko iri koraniro rirangira

Irebere urukundo n’ubumwe byaranze abantu b’amoko n’indimi bitandukanye kandi bo mu bihugu bitandukanye baje mu ikoraniro mpuzamahanga ryihariye ry’Abahamya.

Bateguye ingendo 19.000

Inteko Nyobozi y’Abahamya ba Yehova yafashije abamisiyonari n’abandi bari mu murimo w’igihe cyose wihariye bakorera mu bindi bihugu kujya mu makoraniro no gusura imiryango yabo.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 138 rya Gileyadi

Abanyeshuri bahawe impamyabumenyi ku itariki ya 14 Werurwe 2015. Abari aho bose batewe inkunga yo kumenya byinshi kuri Yehova no kwigana Yesu Kristo.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 138 rya Gileyadi

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi hasohotse indirimbo z’Ubwami enye shya kandi abanyeshuri babwiwe uko bazakoresha ibyo bize muri iryo shuri.

Urukundo rwatumye bunga ubumwe mu ikoraniro ryabereye i Frankfurt mu Budage

Abantu babarirwa mu bihumbi baturutse mu bihugu bitandukanye no mu mico itandukanye bateraniye hamwe bunze ubumwe kandi batuje.

Ikoraniro mpuzamahanga ryo mu mwaka wa 2014—Abahamya ba Yehova bashaka mbere na mbere Ubwami bw’Imana

Irebere abagize umuryango mpuzamahanga w’abavandimwe bahuriye hamwe kugira ngo bige iby’Ubwami bw’Imana.

Abahamya ba Yehova bahawe ikaze mu mugi wa Atlanta

Abayobozi b’umugi bishimiye guha ikaze abashyitsi baturutse mu bihugu 28 baje mu makoraniro atatu manini yabaye muri Nyakanga na Kanama 2014.

Raporo y’inama ngarukamwaka​—Ukwakira 2014

Inama ngarukamwaka itazibagirana yabaye mu gihe cyo kwizihiza imyaka 100 Ubwami bwa Mesiya bumaze bwimitswe.

Raporo y’inama ngarukamwaka​—Ukwakira 2014

Abantu babarirwa mu bihumbi bitabiriye inama ya 130 y’umuryango Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania. Reba ibyaranze iyo nama yabaye mu gihe cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 Ubwami bumaze butegeka.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 137 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi

Abitabiriye uwo muhango bose batewe inkunga yo kwicisha bugufi no gukomeza kwicengezamo ibitekerezo bya Yehova.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 137 rya Gileyadi

Kuva mu wa 1943, ishuri rya Gileyadi ryagiye rifasha ababwiriza b’Ubwami bakarushaho kugira ubumenyi nyakuri ku byerekeye Imana. Reba uko umuhango wo gutanga impamyabumenyi wagenze.

Inteko Nyobozi yateye inkunga Abahamya bo mu Burusiya no muri Ukraine

Bamwe mu bagize Inteko Nyobozi y’Abahamya ba Yehova basuye u Burusiya na Ukraine, batera inkunga Abahamya bari mu gace kibasiwe n’imyivumbagatanyo ishingiye kuri politiki.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 136 rya Gileyadi

Iyo porogaramu yari ikubiyemo disikuru, abagira ibyo babazwa, n’imikino y’ibyabaye mu murimo wo kubwiriza.

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 136 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi

Abarimu n’abandi batanze disikuru, bateye abanyeshuri inkunga yo kugira imitekerereze nk’iya Yesu. Abakurikiranye uwo muhango bashimishijwe no kumva abagize ibyo babazwa n’inkuru z’ibyabaye ku banyeshuri mu murimo wo kubwiriza.

Inama ngarukamwaka kuri videwo yo kuri interineti

Byagenze bite ngo abantu basaga 1.400.000 bo mu bihugu 31 bakurikirane iryo teraniro ryihariye?

Gutanga impamyabumenyi mu ishuri rya 134 rya Gileyadi

Iryo shuri ryihariye rimaze imyaka 70 ritoza abamisiyonari. Reba uko umuhango wo gutanga impamyabumenyi wagenze.

Videwo: Amakoraniro yabereye hirya no hino ku isi mu wa 1963

Irebere videwo umenye bimwe mu byaranze ikoraniro ryabereye hirya no hino ku isi mu wa 1963, ryari rifite umutwe uvuga ngo “Ubutumwa bwiza bw’iteka.”

Raporo y’inama ngarukamwaka​—Ukwakira 2013

Abantu basaga 1.400.000, bari mu bihugu 31 bakurikiye umuhango utazibagirana, ubwo hasohokaga Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya isubiwemo, yo mu rurimi rw’icyongereza.

Raporo y’inama ngarukamwaka​—Ukwakira 2013

Reba ibintu by’ingenzi byaranze iyo nama yari ishimishe kandi itazibagirana, yerekanywe mu duce tugera ku 1.830 hirya no hino ku isi.

Ikoraniro mpuzamahanga ryihariye ryabereye muri Isirayeli

Mu karere kamaze imyaka ibarirwa muri za mirongo kiganjemo amakimbirane ashingiye ku bihugu no ku idini, mu cyi ryo mu wa 2012 habereye ikintu kidasanzwe gihuza abantu bo mu bihugu bitandukanye. Cyabereye i Tel Aviv.

Abarangije mu ishuri rya 135 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi

Ku itariki ya 14 Nzeri 2013, abantu basaga 10.000 bitabiriye ibirori byo mu buryo bw’umwuka. Iyumvire ibyaranze iyo porogaramu.

Abarangije ishuri rya 135 rya Gileyadi

Iryo shuri ritoza Abahamya ba Yehova b’inararibonye kugira ngo barusheho gusohoza inshingano zabo.

Ikoraniro mpuzamahanga ryihariye ryabereye muri Irilande

Abahamya ba Yehova b’i Dublin, muri Irilande, bakiriye abashyitsi bo mu bindi bihugu baje mu ikoraniro mpuzamahanga ryihariye ryo mu wa 2012, ryari rifite umutwe uvuga ngo ‘Rinda umutima wawe.’ Irebere icyo bamwe barivuzeho.

Videwo: Raporo y’inama ngarukamwaka—Ukwakira 2012

Abashyitsi baturutse mu bihugu bitandukanye bari bateraniye hamwe mu nama ngarukamwaka ya 128 ya Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania.

Videwo: Abagize icyo babazwa mu ishuri rya 133 rya Gileyadi

Reba bimwe mu bitekerezo byatanzwe n’abanyeshuri babiri bize ishuri rya 133 rya Gileyadi.

Videwo: Abarangije ishuri rya 133 rya Gileyadi

Reba uko byagenze mu ishuri rya 133 rya Gileyadi.

Amakoraniro yihariye y’Abahamya ba Yehova yabereye mu bihugu birindwi

Abahamya ba Yehova bagize amakoraniro yihariye muri Burezili, Hong Kong, Irilande, Isirayeli, Kosita Rika, Nouvelle-Zélande na Suwede.

Kwibuka ikoraniro “ryazengurutse isi”

Hashize imyaka 50, Abahamya ba Yehova 583 bakoze urugendo rw’amezi abiri n’igice bajya mu makoraniro yabereye hirya no hino ku isi.

Abarangije mu ishuri rya 134 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi

Abarangije mu ishuri rya 134 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi bahawe impamyabumenyi ku ya 9 Werurwe 2013. Iyo porogaramu yibanze ku byagezweho n’iryo shuri kuva ryatangira mu myaka 70 ishize.

Raporo y’inama ngarukamwaka​—Ukwakira 2012

Abantu babarirwa mu bihumbi bumvise raporo iteye inkunga mu nama ngarukamwaka ya 128 y’umuryango Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania, n’ikiganiro gishishikaje gishingiye muri Matayo 24:45-47.

Abarangije mu Ishuri rya 133 rya Bibiliya rya Watchtower rya Gileyadi

Abanyeshuri mirongo ine n’umunani bo hirya no hino ku isi bahawe amasomo ashingiye kuri Bibiliya. Isomere uko porogaramu yo gutanga impamyabumenyi yagenze.