Ntangiye gukura—Nakosora nte amakosa yanjye?
Thalila na José, bombi biboneye ko ikosa rimwe ryatumaga bakora irindi. Bakoze iki kugira ngo birinde kugwa mu makosa inshuro nyinshi?
Ibindi wamenya
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Nakora iki mu gihe nakoze amakosa?
Twese dukora amakosa, ariko si ko twese tuyavanamo amasomo.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kuki nta ncuti ngira?
Si wowe wenyine wumva utagira incuti cyangwa wumva ufite irungu. Reba uko bagenzi bawe muri mu kigero kimwe babyitwayemo.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Ni iki cyamfasha kureka kubaho nishushanya?
Inama enye zagufasha kureka kubaho wishushanya.
INYIGISHO Z’IBANZE ZO MURI BIBILIYA
Ese abantu bashobora kuba incuti z’Imana?
Hashize imyaka myinshi abantu bifuza kumenya Umuremyi wabo. Bibiliya ishobora kudufasha tukaba incuti z’Imana. Ubwo bucuti butangira iyo tumenye izina ry’Imana.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Ese kunywa inzoga ni bibi?
Menya icyo wakora ngo wirinde guhanwa n’amategeko, kuvugwa nabi, gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gupfa no kubatwa n’inzoga.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kuki nagombye gusenga?
Ese isengesho ni uburyo butuma umuntu yumva utuje gusa, cyangwa rifite akandi kamaro?
ICYO BAGENZI BAWE BABIVUGAHO