Inkuru zivuga ibyabaye mu mibereho y’Abahamya ba Yehova

Hirya no hino ku isi hari abagabo n’abagore bashyize mu mwa nya wa mbere ibyo gukorera Yehova mu mibereho yabo. Inkuru zabo zizagutera inkunga kandi zikomeze ukwizera kwawe.

HÅKAN DAVIDSSON

Nifatanyije mu guteza imbere ukuri ko muri Bibiliya

Håkan yishyiriyeho intego zo gukorera Yehova akiri muto, aho gukurikira abenshi mu rungano rwe babagaho binezeza.

Inkuru zivuga ibyabaye mu mibereho zisohoka mu magazeti

Bona linki yagufasha kugera ku nkuru zibarirwa mu magana zivuga ibyabaye mu mibereho y’Abahamya ba Yehova zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! guhera mu mwaka wa 1955.

MILES NORTHOVER

Yehova yampaye imigisha

Kwiga ururimi rw’amarenga byahinduye ubuzima bwa Miles. Iyo ashubije amaso inyuma mu myaka irenga 50 ishize yibuka ukuntu yabonye imigisha bitewe no gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bwo mu Bwongereza.

IRMA BENTIVOGLI

Uko nakoreye Yehova, we utanga “impano nziza yose”

Mushiki wacu Irma nubwo akibuka ibintu byabaye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, yishimira impano zitandukanye yabonye, urugero nko gukora kuri Beteli n’abavandimwe bamubereye urugero rwiza.

TERRY REYNOLDS

Yehova yaramfashije muha ibyiza kuruta ibindi

Icyifuzo Terry yari afite cyo gukora umurimo w’igihe cyose ubuzima bwe bwose, cyatumye ahabwa inshingano zitandukanye, harimo kuba umumisiyonari no gukora kuri Beteli yo muri Tayiwani. Nubwo hashize imyaka irenga 60 atangiye ubupayiniya, akomeje gukorera Yehova n’umutima we wose afatanyije n’umugore we Wen-hwa.

ASTER PARKER

Nifuzaga gukorera Yehova nta kindi mubangikanyije na cyo

Kuva Aster akiri muto, yakundaga Yehova. Igihe muri Etiyopiya havukaga ibibazo bya politike n’imvururu, ukwizera kwe kwarageragejwe. Nyuma yaho, yakoreye kuri Beteli yo muri Amerika i New York kandi yareze neza abahungu be batatu.

JAY CAMPBELL

Yankuye mu mukungugu anshyira hejuru

Jay yakuze afite ubumuga, akurira mu muryango ukennye kandi ntiyabashije kwiga. Icyakora nubwo ahanganye n’ibyo bibazo byose yafashije abantu batatu barabatizwa kandi akomeje kurangwa n’ishyaka mu murimo.

TAPANI VIITALA

Nageze ku ntego nifuzaga yo gufasha abantu bafite ubumuga bwo kutumva

Tapani yagiye kubwiriza abantu bafite ubumuga bwo kutumva muri Finilande, Esitoniya, Lativiya na Lituwaniya. Nyuma y’imyaka irenga 60 abatijwe, arakifuza kubafasha.

PHYLLIS LIANG

Yehova yahaye umugisha icyifuzo cyanjye

Phyllis yahawe inshingano zitandukanye. Icyifuzo yari afite no kuba yarihanganiye ingorane zitandukanye yahuye na zo byatumye abona imigisha kandi rimwe na rimwe iyo migisha yazaga mu buryo atari yiteze.

ELFRIEDE URBAN

Naboneye ibyishimo mu murimo w’ubumisiyonari

Elfriede yageze ku ntego yishyiriyeho akiri umwana yo kuba umumisiyonari. Ubu hashize imyaka 55 akora uwo murimo nubwo yagiye ahura n’ibibazo bitandukanye akomeje gufasha abandi kumenya Yehova.

CAMILLA ROSAM

Nishyiriyeho intego yo kujya numvira Yehova

Camilla n’umugabo we Eugene, babonaga ko gukunda Yehova, kumwumvira no kumvira umuryango we, ari byo bigomba kuza mu mwanya wa mbere mu mibereho yabo.

DAVID MAZA

Umuryango wacu wongeye kugira ibyishimo nyuma yo guhura n’ibibazo bikomeye

Uko urugendo rurerure kandi rugoye umuryango wakoze rwakomeje abandi kandi rukabatera inkunga yo kwiringira Yehova.

JESÚS MARTÍN

“Yehova yagiye ankiza mu bihe bikomeye”

Ibyabaye mu buzima bwa Martín byamwigishije ko agomba kwishingikiriza kuri Yehova aho kwiringira imbaraga ze. Yarafunzwe nyuma yaho aza kumara imyaka myinshi akorera Yehova.

DORINA CAPARELLI

Nubwo ngira isoni nashoboye kubikora byose!

Dorina yabaye umupayiniya w’igihe cyose, umugore w’umugenzuzi usura amatorero kandi yakoze kuri Beteli. Aratubwira ukuntu Yehova yamufashije kandi akamuha umugisha mu myaka igera hafi kuri 70 mu murimo w’igihe cyose wihariye.

MILTIADIS STAVROU

“Yehova yaratuyoboye kandi atwitaho”

Ibibazo Milto n’umugore we Doris bahuye na byo igihe bari abamisiyonari mu Burasirazuba bwo Hagati, byabigishije kwiringira Yehova byuzuye aho kwiyiringira.

DAYRELL SHARP

Ntidusubira inyuma kubera ko Imana idukomeza

Nubwo Dayrell na Susanne Sharp bahuye n’ibibazo bitandukanye, bafashije abantu barenga 130 kwiga Bibiliya maze barabatizwa.

GEORGIY PORCHULYAN

“Urukundo Yehova ankunda rwarankomeje”

Yashakishije ubutabera n’amahoro yo mu mutima birangira abaye Umuhamya wa Yehova. Urukundo akunda Yehova rwatumye yihanganira ibibazo kandi rwamufashije kwihangana igihe yari arwaje umugore we.

Inkuru zivuga ibyabaye mu mibereho zisohoka mu magazeti

Bona linki yagufasha kugera ku nkuru zibarirwa mu magana zivuga ibyabaye mu mibereho y’Abahamya ba Yehova zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! guhera mu mwaka wa 1955.

IRMA BENTIVOGLI

Uko nakoreye Yehova, we utanga “impano nziza yose”

Mushiki wacu Irma nubwo akibuka ibintu byabaye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, yishimira impano zitandukanye yabonye, urugero nko gukora kuri Beteli n’abavandimwe bamubereye urugero rwiza.

JAY CAMPBELL

Yankuye mu mukungugu anshyira hejuru

Jay yakuze afite ubumuga, akurira mu muryango ukennye kandi ntiyabashije kwiga. Icyakora nubwo ahanganye n’ibyo bibazo byose yafashije abantu batatu barabatizwa kandi akomeje kurangwa n’ishyaka mu murimo.

DORINA CAPARELLI

Nubwo ngira isoni nashoboye kubikora byose!

Dorina yabaye umupayiniya w’igihe cyose, umugore w’umugenzuzi usura amatorero kandi yakoze kuri Beteli. Aratubwira ukuntu Yehova yamufashije kandi akamuha umugisha mu myaka igera hafi kuri 70 mu murimo w’igihe cyose wihariye.

HÅKAN DAVIDSSON

Nifatanyije mu guteza imbere ukuri ko muri Bibiliya

Håkan yishyiriyeho intego zo gukorera Yehova akiri muto, aho gukurikira abenshi mu rungano rwe babagaho binezeza.

PHYLLIS LIANG

Yehova yahaye umugisha icyifuzo cyanjye

Phyllis yahawe inshingano zitandukanye. Icyifuzo yari afite no kuba yarihanganiye ingorane zitandukanye yahuye na zo byatumye abona imigisha kandi rimwe na rimwe iyo migisha yazaga mu buryo atari yiteze.

JESÚS MARTÍN

“Yehova yagiye ankiza mu bihe bikomeye”

Ibyabaye mu buzima bwa Martín byamwigishije ko agomba kwishingikiriza kuri Yehova aho kwiringira imbaraga ze. Yarafunzwe nyuma yaho aza kumara imyaka myinshi akorera Yehova.

DAVID MAZA

Umuryango wacu wongeye kugira ibyishimo nyuma yo guhura n’ibibazo bikomeye

Uko urugendo rurerure kandi rugoye umuryango wakoze rwakomeje abandi kandi rukabatera inkunga yo kwiringira Yehova.

MILES NORTHOVER

Yehova yampaye imigisha

Kwiga ururimi rw’amarenga byahinduye ubuzima bwa Miles. Iyo ashubije amaso inyuma mu myaka irenga 50 ishize yibuka ukuntu yabonye imigisha bitewe no gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bwo mu Bwongereza.

ASTER PARKER

Nifuzaga gukorera Yehova nta kindi mubangikanyije na cyo

Kuva Aster akiri muto, yakundaga Yehova. Igihe muri Etiyopiya havukaga ibibazo bya politike n’imvururu, ukwizera kwe kwarageragejwe. Nyuma yaho, yakoreye kuri Beteli yo muri Amerika i New York kandi yareze neza abahungu be batatu.

GEORGIY PORCHULYAN

“Urukundo Yehova ankunda rwarankomeje”

Yashakishije ubutabera n’amahoro yo mu mutima birangira abaye Umuhamya wa Yehova. Urukundo akunda Yehova rwatumye yihanganira ibibazo kandi rwamufashije kwihangana igihe yari arwaje umugore we.

TERRY REYNOLDS

Yehova yaramfashije muha ibyiza kuruta ibindi

Icyifuzo Terry yari afite cyo gukora umurimo w’igihe cyose ubuzima bwe bwose, cyatumye ahabwa inshingano zitandukanye, harimo kuba umumisiyonari no gukora kuri Beteli yo muri Tayiwani. Nubwo hashize imyaka irenga 60 atangiye ubupayiniya, akomeje gukorera Yehova n’umutima we wose afatanyije n’umugore we Wen-hwa.

CAMILLA ROSAM

Nishyiriyeho intego yo kujya numvira Yehova

Camilla n’umugabo we Eugene, babonaga ko gukunda Yehova, kumwumvira no kumvira umuryango we, ari byo bigomba kuza mu mwanya wa mbere mu mibereho yabo.

DAYRELL SHARP

Ntidusubira inyuma kubera ko Imana idukomeza

Nubwo Dayrell na Susanne Sharp bahuye n’ibibazo bitandukanye, bafashije abantu barenga 130 kwiga Bibiliya maze barabatizwa.

MILTIADIS STAVROU

“Yehova yaratuyoboye kandi atwitaho”

Ibibazo Milto n’umugore we Doris bahuye na byo igihe bari abamisiyonari mu Burasirazuba bwo Hagati, byabigishije kwiringira Yehova byuzuye aho kwiyiringira.

ELFRIEDE URBAN

Naboneye ibyishimo mu murimo w’ubumisiyonari

Elfriede yageze ku ntego yishyiriyeho akiri umwana yo kuba umumisiyonari. Ubu hashize imyaka 55 akora uwo murimo nubwo yagiye ahura n’ibibazo bitandukanye akomeje gufasha abandi kumenya Yehova.

TAPANI VIITALA

Nageze ku ntego nifuzaga yo gufasha abantu bafite ubumuga bwo kutumva

Tapani yagiye kubwiriza abantu bafite ubumuga bwo kutumva muri Finilande, Esitoniya, Lativiya na Lituwaniya. Nyuma y’imyaka irenga 60 abatijwe, arakifuza kubafasha.

Ihangane, ibyo wahisemo ntibishobora kuboneka