Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ubutumwa bwiza bwanditswe na Luka

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Ibyandikiwe Tewofili (1-4)

    • Gaburiyeli ahanura ko Yohana Umubatiza yari kuzavuka (5-25)

    • Gaburiyeli ahanura ko Yesu yari kuzavuka (26-38)

    • Mariya asura Elizabeti (39-45)

    • Mariya asingiza Yehova (46-56)

    • Yohana avuka, bakamwita izina (57-66)

    • Ubuhanuzi bwa Zekariya (67-80)

  • 2

    • Yesu avuka (1-7)

    • Abamarayika babonekera abashumba (8-20)

    • Gukebwa no kwiyeza (21-24)

    • Simeyoni abona Kristo (25-35)

    • Ana avuga iby’uwo mwana (36-38)

    • Basubira i Nazareti (39, 40)

    • Yesu wari ufite imyaka 12 ari mu rusengero (41-52)

  • 3

    • Yohana atangira umurimo (1, 2)

    • Yohana abwiriza ibyerekeye umubatizo (3-20)

    • Yesu abatizwa (21, 22)

    • Igisekuru cya Yesu (23-38)

  • 4

    • Satani ashuka Yesu (1-13)

    • Yesu atangira kubwiriza muri Galilaya (14, 15)

    • Abantu b’i Nazareti banga Yesu (16-30)

    • Mu isinagogi ry’i Kaperinawumu (31-37)

    • Yesu akiza indwara nyirabukwe wa Simoni hamwe n’abandi bantu (38-41)

    • Abantu basanga Yesu ahantu hadatuwe (42-44)

  • 5

    • Bafata amafi mu buryo bw’igitangaza. Abigishwa ba mbere (1-11)

    • Umuntu wari urwaye ibibembe akira (12-16)

    • Yesu akiza umuntu wari waramugaye (17-26)

    • Yesu atoranya Lewi (27-32)

    • Babaza ibibazo ku birebana no kwigomwa kurya (33-39)

  • 6

    • Yesu ni “Umwami w’Isabato” (1-5)

    • Umugabo wari ufite ukuboko kwamugaye (6-11)

    • Intumwa 12 (12-16)

    • Yesu yigisha kandi agakiza indwara (17-19)

    • Abagira ibyishimo n’abazahura n’ibibazo bikomeye (20-26)

    • Mujye mukunda abanzi banyu (27-36)

    • Mureke gucira abandi imanza (37-42)

    • Muzabamenyera ku bikorwa byabo (43-45)

    • Inzu yubatse neza n’inzu idafite fondasiyo ikomeye (46-49)

  • 7

    • Umukuru w’abasirikare wari ufite ukwizera gukomeye (1-10)

    • Yesu azura umuhungu w’umupfakazi w’i Nayini (11-17)

    • Yohana Umubatiza ahabwa icyubahiro (18-30)

    • Yesu ahamya icyaha abantu bo mu gihe cye batumvaga ubutumwa bwiza (31-35)

    • Umugore w’umunyabyaha ababarirwa (36-50)

      • Umugani w’abantu bari bafite amadeni (41-43)

  • 8

    • Abagore bajyanaga na Yesu (1-3)

    • Umugani w’umuntu wateye imbuto (4-8)

    • Impamvu Yesu yigishaga akoresheje imigani (9, 10)

    • Asobanura umugani w’umuntu wateye imbuto (11-15)

    • Nta wucana itara ngo aritwikire (16-18)

    • Mama wa Yesu n’abavandimwe be (19-21)

    • Yesu acyaha umuyaga (22-25)

    • Yesu yohereza abadayimoni mu ngurube (26-39)

    • Umukobwa wa Yayiro. Umugore akora ku myenda ya Yesu (40-56)

  • 9

    • Intumwa 12 zihabwa amabwiriza yo gukora umurimo (1-6)

    • Herode yibaza uwo Yesu ari we (7-9)

    • Yesu agaburira abantu 5.000 (10-17)

    • Petero avuga ko Yesu ari we Kristo (18-20)

    • Yesu avuga iby’urupfu rwe (21, 22)

    • Abigishwa nyakuri ba Yesu (23-27)

    • Yesu ahindura isura (28-36)

    • Yesu akiza umwana wari watewe n’umudayimoni (37-43a)

    • Yesu yongera kuvuga iby’urupfu rwe (43b-45)

    • Abigishwa bajya impaka bibaza umukuru uwo ari we (46-48)

    • Umuntu utaturwanya aba adushyigikiye (49, 50)

    • Abantu bo mu mudugudu w’i Samariya banga Yesu (51-56)

    • Uko twakurikira Yesu (57-62)

  • 10

    • Yesu yohereza abigishwa 70 kubwiriza (1-12)

    • Imijyi itarihannye izahura n’ibibazo bikomeye (13-16)

    • Abigishwa 70 bagaruka (17-20)

    • Yesu asingiza Papa we kuko yitaye ku bicisha bugufi (21-24)

    • Umugani w’Umusamariya mwiza (25-37)

    • Yesu asura Marita na Mariya (38-42)

  • 11

    • Uko dukwiriye gusenga (1-13)

      • Isengesho ry’ikitegererezo (2-4)

    • Yirukana abadayimoni akoresheje imbaraga z’Imana (14-23)

    • Iyo abadayimoni bagarutse mu muntu (24-26)

    • Ibyishimo nyakuri (27, 28)

    • Ikimenyetso cya Yona (29-32)

    • Itara ry’umubiri (33-36)

    • Abayobozi b’amadini b’indyarya bazahura n’ibibazo bikomeye (37-54)

  • 12

    • Umusemburo w’Abafarisayo (1-3)

    • Mujye mutinya Imana aho gutinya abantu (4-7)

    • Mujye mwemera ko mwunze ubumwe na Kristo (8-12)

    • Umugani w’umukire utaragiraga ubwenge (13-21)

    • Nimureke guhangayika (22-34)

      • Umukumbi muto (32)

    • Mukomeze kuba maso (35-40)

    • Umugaragu wizerwa n’umugaragu mubi (41-48)

    • Sinazanye amahoro, ahubwo naje gutuma abantu bicamo ibice (49-53)

    • Mujye musuzuma ibihe turimo (54-56)

    • Mujye mukemura ibibazo mufitanye (57-59)

  • 13

    • Nimutihana muzarimbuka (1-5)

    • Umugani w’igiti cy’umutini kitera imbuto (6-9)

    • Umugore wari warahetamye akizwa ku Isabato (10-17)

    • Umugani w’akabuto ka sinapi n’umusemburo (18-21)

    • Mugire umwete wo kwinjira mu irembo rifunganye (22-30)

    • Herodi wari ‘indyarya’ (31-33)

    • Yesu aririra Yerusalemu (34, 35)

  • 14

    • Umuntu wari urwaye ibibembe akira ku Isabato (1-6)

    • Nibagutumira ujye wicisha bugufi (7-11)

    • Mujye mutumira abantu badafite icyo babishyura (12-14)

    • Umugani w’abatumirwa bashakaga impamvu z’urwitwazo (15-24)

    • Icyo kuba umwigishwa bisaba (25-33)

    • Umunyu watakaje uburyohe bwawo (34, 35)

  • 15

    • Umugani w’intama yabuze (1-7)

    • Umugani w’igiceri cyabuze (8-10)

    • Umugani w’umwana w’ikirara (11-32)

  • 16

    • Umugani w’umugaragu utarakiranukaga (1-13)

      • ‘Umuntu ukiranuka mu byoroheje aba akiranuka no mu bikomeye’ (10)

    • Amategeko n’Ubwami bw’Imana (14-18)

    • Umugani w’umukire na Lazaro (19-31)

  • 17

    • Ibintu bituma abantu bakora icyaha. Kubabarira no kwizera (1-6)

    • Ibyo twakoze ni byo twagombaga gukora (7-10)

    • Abantu 10 bari barwaye ibibembe bakira (11-19)

    • Uko Ubwami bw’Imana bwari kuza (20-37)

      • Ubwami bw’Imana buri “hagati muri mwe.” (21)

      • “Mwibuke umugore wa Loti” (32)

  • 18

    • Umupfakazi utaracikaga intege (1-8)

    • Umufarisayo n’umusoresha (9-14)

    • Yesu n’abana (15-17)

    • Umuyobozi w’umukire abaza Yesu ikibazo (18-30)

    • Yesu yongera guhanura iby’ubupfu rwe (31-34)

    • Umuntu utarabonaga kandi wasabirizaga yongera kureba (35-43)

  • 19

    • JYesu ajya kwa Zakayo (1-10)

    • Umugani wa mina 10 (11-27)

    • Yesu yinjirana ishema muri Yerusalemu (28-40)

    • Yesu aririra Yerusalemu (41-44)

    • Yesu yeza urusengero (45-48)

  • 20

    • Banenga ubutware Yesu yari afite (1-8)

    • Umugani w’abahinzi b’abicanyi (9-19)

    • Imana na Kayisari (20-26)

    • Babaza Yesu ibirebana n’umuzuko (27-40)

    • Ese Kristo akomoka kuri Dawidi? (41-44)

    • Umuburo wo kwirinda abanditsi (45-47)

  • 21

    • Umupfakazi w’umukene watanze uduceri tubiri (1-4)

    • IKIMENYETSO CY’IBYAGOMBAGA KUZABAHO (5-36)

      • Intambara, imitingito, ibyorezo by’indwara, inzara (10, 11)

      • Yerusalemu ikikijwe n’abasirikare (20)

      • Ibihe byagenwe by’amahanga (24)

      • Igihe umwana w’umuntu azaba ahari (27)

      • Umugani w’igiti cy’umutini (29-33)

      • Mukomeze kuba maso (34-36)

    • Yesu yigishiriza mu rusengero (37, 38)

  • 22

    • Abatambyi bajya inama yo kwica Yesu (1-6)

    • Imyiteguro ya Pasika ya nyuma (7-13)

    • Hatangizwa umuhango w’Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba (14-20)

    • “Ndi gusangira n’uri bungambanire” (21-23)

    • Bajya impaka zikomeye, bashaka kumenya umukuru muri bo (24-27)

    • Isezerano rya Yesu ry’ubwami (28-30)

    • Yesu ahanura ko Petero ari bumwihakane (31-34)

    • Ababwira ko bagombaga kwitegura. Inkota ebyiri (35-38)

    • Yesu asengera ku musozi w’Imyelayo (39-46)

    • Yesu afatwa (47-53)

    • Petero yihakana Yesu (54-62)

    • Yesu akozwa isoni (63-65)

    • Acirwa urubanza mu Rukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (66-71)

  • 23

    • Yesu imbere ya Pilato na Herode (1-25)

    • Yesu amanikwa ku giti hamwe n’abagizi ba nabi babiri (26-43)

      • “Uzaba uri kumwe nanjye muri Paradizo” (43)

    • Yesu apfa (44-49)

    • Yesu ashyingurwa (50-56)

  • 24

    • Yesu azuka (1-12)

    • Mu muhanda ujya Emawusi (13-35)

    • Yesu abonekera abigishwa be (36-49)

    • Yesu azamuka akajya mu ijuru (50-53)