Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cyo Gutegeka kwa Kabiri

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Abisirayeli bava ku Musozi wa Horebu (1-8)

    • Hashyirwaho abayobozi n’abacamanza (9-18)

    • Abisirayeli bagera i Kadeshi-Baruneya bagasuzugura (19-46)

      • Abisirayeli banga kwinjira mu gihugu (26-33)

      • Abanyakanani batsinda Abisirayeli (41-46)

  • 2

    • Abisirayeli bamara imyaka 38 bazerera mu butayu (1-23)

    • Abisirayeli batsinda Sihoni umwami w’i Heshiboni (24-37)

  • 3

    • Abisirayeli batsinda Ogi umwami w’i Bashani (1-7)

    • Uko bagabanye agace ko mu burasirazuba bwa Yorodani (8-20)

    • Yosuwa abwirwa ko atagomba kugira ubwoba (21, 22)

    • Mose abwirwa ko atazinjira mu gihugu (23-29)

  • 4

    • Abisirayeli bibutswa ko bagomba kumvira (1-14)

      • Ntimuzibagirwe ibyo Imana yakoze (9)

    • Yehova ashaka ko umuntu amwiyegurira, akamukorera wenyine (15-31)

    • Nta yindi Mana uretse Yehova (32-40)

    • Imigi y’ubuhungiro yo mu burasirazuba bwa Yorodani (41-43)

    • Amategeko yari agiye guhabwa Abisirayeli (44-49)

  • 5

    • Isezerano rya Yehova kuri Horebu (1-5)

    • Amategeko Icumi asubirwamo (6-22)

    • Abantu bagira ubwoba bari ku musozi wa Sinayi (23-33)

  • 6

    • Ukundishe Yehova Imana yawe umutima wawe wose (1-9)

      • “Isirayeli we, tega amatwi” (4)

      • Ababyeyi basabwa kwigisha abana babo (6, 7)

    • Ntimuzibagirwe Yehova (10-15)

    • Ntimukagerageze Yehova Imana yanyu (16-19)

    • Muzabibwire ab’igihe kizaza (20-25)

  • 7

    • Abantu bo mu bihugu birindwi bagombaga kurimburwa (1-6)

    • Impamvu Imana yatoranyije Abisirayeli (7-11)

    • Kumvira bihesha imigisha (12-26)

  • 8

    • Imigisha Yehova yari kubaha isubirwamo (1-9)

      • ‘Umuntu ntatungwa n’ibyokurya gusa’ (3)

    • Ntimuzibagirwe Yehova (10-20)

  • 9

    • Impamvu Abisirayeli bahawe igihugu (1-6)

    • Abisirayeli barakaza Yehova inshuro enye (7-29)

      • Ikimasa cya zahabu (7-14)

      • Mose yinginga cyane Yehova (15-21, 25-29)

      • Bongera kurakaza Yehova inshuro eshatu (22)

  • 10

    • Hakorwa ibindi bisate bibiri by’amabuye bimeze nk’ibya mbere (1-11)

    • Icyo Yehova asaba (12-22)

      • Gutinya Yehova no kumukunda (12)

  • 11

    • Mwabonye ukuntu Yehova afite imbaraga nyinshi (1-7)

    • Igihugu cy’Isezerano (8-12)

    • Imigisha bari kubona iyo bumvira (13-17)

    • Amategeko y’Imana ajye ahora ku mitima yanyu (18-25)

    • “Imigisha n’ibyago” (26-32)

  • 12

    • Mujye musengera ahantu Yehova Imana yanyu azatoranya (1-14)

    • Bemererwa kurya inyama ariko bakabuzwa kurya amaraso (15-28)

    • Ntimuzagwe mu mutego wo gusenga izindi mana (29-32)

  • 13

    • Uko bari gufata umuntu utubaha Imana (1-18)

  • 14

    • Ibyo bagombaga kwirinda mu gihe baririra umuntu wapfuye (1, 2)

    • Ibyokurya byanduye n’ibitanduye (3-21)

    • Icya cumi cya Yehova (22-29)

  • 15

    • Kurekera abantu amadeni nyuma ya buri myaka irindwi (1-6)

    • Mujye mufasha abakene (7-11)

    • Guha umudendezo abagaragu nyuma ya buri myaka irindwi (12-18)

      • Gutobora ugutwi k’umugaragu (16, 17)

    • Amatungo yavutse mbere yagombaga kwegurirwa Imana (19-23)

  • 16

    • Pasika n’Umunsi Mukuru w’Imigati Itarimo Umusemburo (1-8)

    • Umunsi Mukuru w’Ibyumweru (9-12)

    • Umunsi Mukuru w’Ingando (13-17)

    • Basabwa kuzishyiriraho abacamanza (18-20)

    • Babuzwa gusenga ibindi bintu (21, 22)

  • 17

    • Ibitambo byagombaga kuba bidafite inenge (1)

    • Ibyo bari gukorera umuntu usenga izindi mana (2-7)

    • Ibirebana n’urubanza rukomeye cyane (8-13)

    • Amabwiriza y’uwari kuzaba umwami (14-20)

      • Umwami yagombaga kwandukura igitabo cy’Amategeko (18)

  • 18

    • Ibigenewe abatambyi n’Abalewi (1-8)

    • Babuzwa ibikorwa by’ubupfumu (9-14)

    • Umuhanuzi umeze nka Mose (15-19)

    • Ibiranga abahanuzi b’ibinyoma (20-22)

  • 19

    • Ibirebana no kwica umuntu n’imigi y’ubuhungiro (1-13)

    • Imbago z’imirima ntizikimurwe (14)

    • Gutanga ubuhamya mu rukiko (15-21)

      • Ubuhamya bw’abatangabuhamya babiri cyangwa batatu ni bwo bwemewe (15)

  • 20

    • Amategeko arebana n’intambara (1-20)

      • Abantu batemerewe kujya ku rugamba (5-9)

  • 21

    • Ibirebana n’umuntu wishwe ariko uwamwishe akaba atazwi (1-9)

    • Ibirebana no gushakana n’abagore bafatiwe ku rugamba (10-14)

    • Uburenganzira bw’umwana w’imfura (15-17)

    • Umwana wananiranye (18-21)

    • Umuntu umanitswe ku giti aba yaravumwe n’Imana (22, 23)

  • 22

    • Kwita ku matungo ya mugenzi wawe (1-4)

    • Kwambara imyenda y’umuntu mudahuje igitsina (5)

    • Kwita ku matungo (6, 7)

    • Urukuta rugose igisenge (8)

    • Ibitaragombaga kuvangwa (9-11)

    • Udushumi twashyirwaga ku misozo y’umwenda (12)

    • Amategeko arebana n’imibonano mpuzabitsina idakwiriye (13-30)

  • 23

    • Abatemerewe kuba mu bagize iteraniro ry’Imana (1-8)

    • Isuku mu nkambi (9-14)

    • Umugaragu wahunze (15, 16)

    • Basabwa kwirinda uburaya (17, 18)

    • Ibirebana no kwaka inyungu no guhiga imihigo (19-23)

    • Ibyo umuntu yemerewe gufata mu murima wa mugenzi we (24, 25)

  • 24

    • Ibirebana no gushaka n’ubutane (1-5)

    • Mujye mwubaha ubuzima (6-9)

    • Mujye mwita ku bakene (10-18)

    • Amategeko arebana n’imyaka yasigaye mu murima (19-22)

  • 25

    • Amabwiriza yo guhanisha umuntu inkoni (1-3)

    • Ntimugahambire umunwa w’ikimasa gihura (4)

    • Ibirebana no gushaka uwahoze ari umugore w’umuvandimwe wawe (5-10)

    • Imyifatire idakwiriye mu gihe abagabo barwanye (11, 12)

    • Ibipimo by’uburemere n’ibindi bipimo bihuje n’ukuri (13-16)

    • Abamaleki bagombaga kurimburwa (17-19)

  • 26

    • Ituro ry’imyaka yeze mbere (1-11)

    • Ikindi cya cumi (12-15)

    • Abisirayeli bari umutungo wihariye wa Yehova (16-19)

  • 27

    • Abisirayeli basabwa kwandika Amategeko ku mabuye (1-10)

    • Ku musozi wa Ebali no ku musozi wa Gerizimu (11-14)

    • Ibyago bisubirwamo (15-26)

  • 28

    • Imigisha bari kubona iyo bumvira (1-14)

    • Ibyago byari kubageraho iyo batumvira (15-68)

  • 29

    • Isezerano Imana yagiranye n’Abisirayeli i Mowabu (1-13)

    • Abisirayeli basabwa kwirinda ibikorwa byo kutumvira (14-29)

      • Imana iba izi ibihishwe kandi ni yo ibihishura (29)

  • 30

    • Mugarukire Yehova (1-10)

    • Amategeko ya Yehova ntakomeye cyane (11-14)

    • Basabwa guhitamo ubuzima cyangwa urupfu (15-20)

  • 31

    • Mose ari hafi gupfa (1-8)

    • Basabwa kujya basomera Amategeko imbere y’Abisirayeli (9-13)

    • Yosuwa ashyirwaho (14, 15)

    • Ubuhanuzi bw’uko Abisirayeli bari kwigomeka (16-30)

      • Indirimbo Abisirayeli bagombaga kwigishwa (19, 22, 30)

  • 32

    • Indirimbo ya Mose (1-47)

      • Yehova ni Igitare (4)

      • Abisirayeli bibagirwa Igitare cyabo (18)

      • “Ni njye uhana abantu” (35)

      • “Mwa bantu bo mu bihugu mwe nimwishimane n’abantu be” (43)

    • Mose abwirwa ko ari bupfire ku musozi wa Nebo (48-52)

  • 33

    • Mose asabira Abisirayeli imigisha (1-29)

      • ‘Amaboko ya Yehova y’iteka ryose’ (27)

  • 34

    • Yehova yereka Mose igihugu (1-4)

    • Mose Apfa (5-12)