Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cy’Abalewi

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Igitambo gitwikwa n’umuriro (1-17)

  • 2

    • Ituro ry’ibinyampeke (1-16)

  • 3

    • Igitambo gisangirwa (1-17)

      • Ntimuzarye ibinure cyangwa amaraso (17)

  • 4

    • Igitambo cyo kubabarirwa ibyaha (1-35)

  • 5

    • Ibyaha bitandukanye n’ibitambo byagombaga gutambwa (1-6)

      • Kuvuga ibyaha abandi bakoze (1)

    • Ibitambo abakene bashoboraga gutanga (7-13)

    • Igitambo cyo gukuraho icyaha umuntu yakoze atabishaka (14-19)

  • 6

    • Ibindi birebana n’igitambo cyo gukuraho icyaha (1-7)

    • Amabwiriza arebana n’ibitambo (8-30)

      • Igitambo gitwikwa n’umuriro (8-13)

      • Ituro ry’ibinyampeke (14-23)

      • Igitambo cyo kubabarirwa ibyaha (24-30)

  • 7

    • Amabwiriza arebana n’ibitambo (1-21)

      • Igitambo cyo gukuraho icyaha (1-10)

      • Igitambo gisangirwa (11-21)

    • Kurya ibinure cyangwa amaraso ntibyemewe (22-27)

    • Ibigenewe abatambyi (28-36)

    • Amagambo asoza ibirebana n’ibitambo (37, 38)

  • 8

    • Aroni ashyirwaho ngo abe umutambyi (1-36)

  • 9

    • Aroni atamba ibitambo (1-24)

  • 10

    • Umuriro uturutse kuri Yehova wica Nadabu na Abihu (1-7)

    • Amabwiriza y’abatambyi arebana no kunywa no kurya (8-20)

  • 11

    • Inyamaswa zanduye n’izitanduye (1-47)

  • 12

    • Kwiyeza umugore amaze kubyara (1-8)

  • 13

    • Amabwiriza arebana n’ibibembe (1-46)

    • Ibibembe biri mu mwenda (47-59)

  • 14

    • Kwiyezaho ibibembe (1-32)

    • Kweza amazu yanduye (33-57)

  • 15

    • Umuntu wandujwe n’ibimuvamo (1-33)

  • 16

    • Umunsi wo Kwiyunga n’Imana (1-34)

  • 17

    • Ihema ryo guhuriramo n’Imana, ahantu ho gutambira ibitambo (1-9)

    • Kurya amaraso ntibyemewe (10-14)

    • Amabwiriza arebana n’inyamaswa zapfuye (15, 16)

  • 18

    • Imibonano mpuzabitsina itemewe n’amategeko (1-30)

      • Ntimukigane Abanyakanani (3)

      • Imibonano mpuzabitsina hagati y’abantu bafitanye isano (6-18)

      • Kugirana imibonano mpuzabitsina n’umugore ari mu mihango (19)

      • Ubutinganyi (22)

      • Kugirana imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa (23)

      • ‘Ntimuziyanduze kugira ngo mutazirukanwa mu gihugu’ (24-30)

  • 19

    • Amategeko atandukanye arebana no kwera (1-37)

      • Gusarura imyaka (9, 10)

      • Kwita ku bantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutabona (14)

      • Gusebanya (16)

      • Ntukagirire inzika mugenzi wawe (18)

      • Ntimugakore ibikorwa by’ubumaji n’ubupfumu (26, 31)

      • Kwicisha imanzi birabujijwe (28)

      • Kubaha abageze mu za bukuru (32)

      • Gufata neza abanyamahanga (33, 34)

  • 20

    • Gusenga Moleki; ubupfumu (1-6)

    • Kuba umuntu wera no kubaha ababyeyi (7-9)

    • Ibyaha by’ubusambanyi bihanishwa urupfu (10-21)

    • Mujye muba abantu bera kugira ngo muzagume mu gihugu (22-26)

    • Abapfumu bazicwe (27)

  • 21

    • Abatambyi bagomba kuba abantu bera kandi bakaba abantu batanduye (1-9)

    • Umutambyi mukuru ntiyagombaga kugira icyo yiyandurisha (10-15)

    • Abatambyi ntibagomba kuba bafite inenge (16-24)

  • 22

    • Abatambyi babaga batanduye; kurya ku bintu byera (1-16)

    • Amatungo yo gutamba adafite inenge ni yo yonyine Imana yemera (17-33)

  • 23

    • Iminsi yera n’iminsi mikuru (1-44)

      • Isabato (3)

      • Pasika (4, 5)

      • Umunsi Mukuru w’Imigati Itarimo Umusemburo (6-8)

      • Ituro ry’imyaka yeze mbere (9-14)

      • Umunsi Mukuru w’Ibyumweru (15-21)

      • Uko bagomba gusarura imyaka (22)

      • Umunsi Mukuru wo Kuvuza Impanda (23-25)

      • Umunsi wo Kwiyunga n’Imana (26-32)

      • Umunsi Mukuru w’Ingando (33-43)

  • 24

    • Amavuta y’amatara yo mu ihema ryo guhuriramo n’Imana (1-4)

    • Imigati igenewe Imana (5-9)

    • Utuka Izina ry’Imana agomba kwicwa (10-23)

  • 25

    • Umwaka w’Isabato (1-7)

    • Umwaka wa Yubile (8-22)

    • Gusubizwa amasambu (23-34)

    • Uko abakene bitabwagaho (35-38)

    • Amategeko arebana n’abagaragu (39-55)

  • 26

    • Kwirinda gusenga ibigirwamana (1, 2)

    • Kumvira bihesha imigisha (3-13)

    • Ibihano byo kutumvira (14-46)

  • 27

    • Gutanga ingurane y’ibintu byeguriwe Imana (1-27)

    • Ibintu byeguriwe Yehova burundu (28, 29)

    • Ingurane y’ibya cumi (30-34)