GARAGAZA Igitabo cya Bibiliya Intangiriro Kuva Abalewi Kubara Gutegeka kwa Kabiri Yosuwa Abacamanza Rusi 1 Samweli 2 Samweli 1 Abami 2 Abami 1 Ibyo ku Ngoma 2 Ibyo ku Ngoma Ezira Nehemiya Esiteri Yobu Zaburi Imigani Umubwiriza Indirimbo ya Salomo Obadiya Nahumu Matayo Mariko Luka Ibyakozwe Igice 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 Igitabo cya kabiri cy’Abami Ibice 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 Ibirimo 1 Eliya ahanura ko Ahaziya azapfa (1-18) 2 Eliya azamuka mu kirere ajyanywe n’umuyaga (1-18) Elisa afata umwenda w’abahanuzi wa Eliya (13, 14) Elisa akiza amazi y’i Yeriko (19-22) Idubu zica abana b’abahungu b’i Beteli (23-25) 3 Yehoramu, umwami wa Isirayeli (1-3) Mowabu yigomeka kuri Isirayeli (4-25) Abamowabu batsindwa (26, 27) 4 Elisa atuma amavuta y’umupfakazi aba menshi (1-7) Umugore w’i Shunemu acumbikira Elisa (8-16) Elisa ahemba uwo mugore kubona umwana; uwo mwana apfa (17-31) Elisa azura uwo mwana wari wapfuye (32-37) Elisa akura uburozi mu isupu (38-41) Elisa atuma imigati iba myinshi (42-44) 5 Elisa akiza Namani ibibembe (1-19) Gehazi wari ufite umururumba afatwa n’ibibembe (20-27) 6 Elisa atuma ishoka ireremba hejuru y’amazi (1-7) Elisa n’Abasiriya (8-23) Amaso y’umugaragu wa Elisa afunguka akareba (16, 17) Abasiriya bamera nk’impumyi (18, 19) Samariya igotwa hagatera inzara (24-33) 7 Elisa ahanura ko inzara izashira (1, 2) Haboneka ibyokurya Abasiriya bari bataye mu nkambi (3-15) Ibyo Elisa yahanuye bisohora (16-20) 8 Umugore w’i Shunemu asubizwa isambu ye (1-6) Elisa, Beni-hadadi na Hazayeli (7-15) Yehoramu, umwami w’u Buyuda (16-24) Ahaziya, umwami w’u Buyuda (25-29) 9 Yehu asukwaho amavuta ngo abe umwami wa Isirayeli (1-13) Yehu yica Yehoramu na Ahaziya (14-29) Yezebeli yicwa; aribwa n’imbwa (30-37) 10 Yehu yica abo mu muryango wa Ahabu (1-17) Yehonadabu afatanya na Yehu (15-17) Yehu yica abasenga Bayali (18-27) Ibyaranze ubutegetsi bwa Yehu (28-36) 11 Ataliya afata ubutegetsi ku ngufu (1-3) Yehowashi agirwa umwami mu ibanga (4-12) Ataliya yicwa (13-16) Yehoyada ashyiraho abayobozi (17-21) 12 Yehowashi, umwami w’u Buyuda (1-3) Yehowashi asana urusengero (4-16) Ibitero by’Abasiriya (17, 18) Yehowashi yicwa (19-21) 13 Yehowahazi, umwami wa Isirayeli (1-9) Yehowashi, umwami wa Isirayeli (10-13) Elisa agerageza Yehowashi (14-19) Elisa apfa; amagufwa ye atuma umuntu azuka (20, 21) Ibyo Elisa yahanuye bwa nyuma biba (22-25) 14 Amasiya, umwami w’u Buyuda (1-6) Intambara Amasiya yarwanye n’Abedomu n’Abisirayeli (7-14) Yehowashi umwami wa Isirayeli apfa (15, 16) Amasiya apfa (17-22) Yerobowamu wa 2, umwami wa Isirayeli (23-29) 15 Azariya, umwami w’u Buyuda (1-7) Abami ba nyuma ba Isirayeli: Zekariya (8-12), Shalumu (13-16), Menahemu (17-22), Pekahiya (23-26), Peka (27-31) Yotamu, umwami w’u Buyuda (32-38) 16 Ahazi, umwami w’u Buyuda (1-6) Ahazi asaba ko Abasiriya bamufasha (7-9) Ahazi yubaka igicaniro nk’icy’abapagani (10-18) Urupfu rwa Ahazi (19, 20) 17 Hoseya, umwami wa Isirayeli (1-4) Isirayeli itsindwa (5, 6) Abisirayeli bajyanwa ku ngufu mu kindi gihugu bitewe n’ubuhakanyi (7-23) Abanyamahanga batuzwa mu mijyi y’i Samariya (24-26) Haza andi madini i Samariya (27-41) 18 Hezekiya, umwami w’u Buyuda (1-8) Uko Isirayeli yatsinzwe (9-12) Senakeribu atera u Buyuda (13-18) Rabushake atuka Yehova (19-37) 19 Hezekiya yishingikiriza kuri Yehova yifashishije Yesaya (1-7) Senakeribu avuga ko azatera Yerusalemu (8-13) Isengesho rya Hezekiya (14-19) Yesaya amenyesha Hezekiya uko Imana yamubwiye (20-34) Umumarayika yica Abasiriya 185.000 (35-37) 20 Hezekiya arwara nyuma akaza gukira (1-11) Intumwa ziturutse i Babuloni (12-19) Urupfu rwa Hezekiya (20, 21) 21 Manase, umwami w’u Buyuda; ibyaha yakoze (1-18) Yerusalemu yari kurimburwa (12-15) Amoni, umwami w’u Buyuda (19-26) 22 Yosiya, umwami w’u Buyuda (1, 2) Amabwiriza yo gusana urusengero (3-7) Haboneka igitabo cy’Amategeko (8-13) Hulida ahanura ibyago byari kubaho (14-20) 23 Ibyo Yosiya yakoze (1-20) Bizihiza Pasika (21-23) Ibindi Yosiya yakoze (24-27) Urupfu rwa Yosiya (28-30) Yehowahazi, umwami w’u Buyuda (31-33) Yehoyakimu, umwami w’u Buyuda (34-37) 24 Yehoyakimu yigomeka hanyuma agapfa (1-7) Yehoyakini, umwami w’u Buyuda (8, 9) Icyiciro cya mbere cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (10-17) Sedekiya, umwami w’u Buyuda; Sedekiya yigomeka (18-20) 25 Nebukadinezari agota Yerusalemu (1-7) Yerusalemu n’urusengero rwayo bisenywa; icyiciro cya kabiri cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (8-21) Gedaliya agirwa guverineri (22-24) Gedaliya yicwa; abantu bahungira muri Egiputa (25, 26) Yehoyakini arekurwa ari i Babuloni (27-30) Ibibanza Ibikurikira Capa Yohereze Yohereze Ibivugwa mu gitabo cya 2 Abami BIBILIYA-UBUHINDUZI BW'ISI NSHYA Ibivugwa mu gitabo cya 2 Abami Ikinyarwanda Ibivugwa mu gitabo cya 2 Abami https://cms-imgp.jw-cdn.org/img/p/1001061100/univ/wpub/1001061100_univ_sqr_xl.jpg nwt 2 Abami