Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cya kabiri cy’Abami

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Eliya ahanura ko Ahaziya azapfa (1-18)

  • 2

    • Eliya azamuka mu kirere ajyanywe n’umuyaga (1-18)

      • Elisa afata umwenda w’abahanuzi wa Eliya (13, 14)

    • Elisa akiza amazi y’i Yeriko (19-22)

    • Idubu zica abana b’abahungu b’i Beteli (23-25)

  • 3

    • Yehoramu, umwami wa Isirayeli (1-3)

    • Mowabu yigomeka kuri Isirayeli (4-25)

    • Abamowabu batsindwa (26, 27)

  • 4

    • Elisa atuma amavuta y’umupfakazi aba menshi (1-7)

    • Umugore w’i Shunemu acumbikira Elisa (8-16)

    • Elisa ahemba uwo mugore kubona umwana; uwo mwana apfa (17-31)

    • Elisa azura uwo mwana wari wapfuye (32-37)

    • Elisa akura uburozi mu isupu (38-41)

    • Elisa atuma imigati iba myinshi (42-44)

  • 5

    • Elisa akiza Namani ibibembe (1-19)

    • Gehazi wari ufite umururumba afatwa n’ibibembe (20-27)

  • 6

    • Elisa atuma ishoka ireremba hejuru y’amazi (1-7)

    • Elisa n’Abasiriya (8-23)

      • Amaso y’umugaragu wa Elisa afunguka akareba (16, 17)

      • Abasiriya bamera nk’impumyi (18, 19)

    • Samariya igotwa hagatera inzara (24-33)

  • 7

    • Elisa ahanura ko inzara izashira (1, 2)

    • Haboneka ibyokurya Abasiriya bari bataye mu nkambi (3-15)

    • Ibyo Elisa yahanuye bisohora (16-20)

  • 8

    • Umugore w’i Shunemu asubizwa isambu ye (1-6)

    • Elisa, Beni-hadadi na Hazayeli (7-15)

    • Yehoramu, umwami w’u Buyuda (16-24)

    • Ahaziya, umwami w’u Buyuda (25-29)

  • 9

    • Yehu asukwaho amavuta ngo abe umwami wa Isirayeli (1-13)

    • Yehu yica Yehoramu na Ahaziya (14-29)

    • Yezebeli yicwa; aribwa n’imbwa (30-37)

  • 10

    • Yehu yica abo mu muryango wa Ahabu (1-17)

      • Yehonadabu afatanya na Yehu (15-17)

    • Yehu yica abasenga Bayali (18-27)

    • Ibyaranze ubutegetsi bwa Yehu (28-36)

  • 11

    • Ataliya afata ubutegetsi ku ngufu (1-3)

    • Yehowashi agirwa umwami mu ibanga (4-12)

    • Ataliya yicwa (13-16)

    • Yehoyada ashyiraho abayobozi (17-21)

  • 12

    • Yehowashi, umwami w’u Buyuda (1-3)

    • Yehowashi asana urusengero (4-16)

    • Ibitero by’Abasiriya (17, 18)

    • Yehowashi yicwa (19-21)

  • 13

    • Yehowahazi, umwami wa Isirayeli (1-9)

    • Yehowashi, umwami wa Isirayeli (10-13)

    • Elisa agerageza Yehowashi (14-19)

    • Elisa apfa; amagufwa ye atuma umuntu azuka (20, 21)

    • Ibyo Elisa yahanuye bwa nyuma biba (22-25)

  • 14

    • Amasiya, umwami w’u Buyuda (1-6)

    • Intambara Amasiya yarwanye n’Abedomu n’Abisirayeli (7-14)

    • Yehowashi umwami wa Isirayeli apfa (15, 16)

    • Amasiya apfa (17-22)

    • Yerobowamu wa 2, umwami wa Isirayeli (23-29)

  • 15

    • Azariya, umwami w’u Buyuda (1-7)

    • Abami ba nyuma ba Isirayeli: Zekariya (8-12), Shalumu (13-16), Menahemu (17-22), Pekahiya (23-26), Peka (27-31)

    • Yotamu, umwami w’u Buyuda (32-38)

  • 16

    • Ahazi, umwami w’u Buyuda (1-6)

    • Ahazi asaba ko Abasiriya bamufasha (7-9)

    • Ahazi yubaka igicaniro nk’icy’abapagani (10-18)

    • Urupfu rwa Ahazi (19, 20)

  • 17

    • Hoseya, umwami wa Isirayeli (1-4)

    • Isirayeli itsindwa (5, 6)

    • Abisirayeli bajyanwa ku ngufu mu kindi gihugu bitewe n’ubuhakanyi (7-23)

    • Abanyamahanga batuzwa mu mijyi y’i Samariya (24-26)

    • Haza andi madini i Samariya (27-41)

  • 18

    • Hezekiya, umwami w’u Buyuda (1-8)

    • Uko Isirayeli yatsinzwe (9-12)

    • Senakeribu atera u Buyuda (13-18)

    • Rabushake atuka Yehova (19-37)

  • 19

    • Hezekiya yishingikiriza kuri Yehova yifashishije Yesaya (1-7)

    • Senakeribu avuga ko azatera Yerusalemu (8-13)

    • Isengesho rya Hezekiya (14-19)

    • Yesaya amenyesha Hezekiya uko Imana yamubwiye (20-34)

    • Umumarayika yica Abasiriya 185.000 (35-37)

  • 20

    • Hezekiya arwara nyuma akaza gukira (1-11)

    • Intumwa ziturutse i Babuloni (12-19)

    • Urupfu rwa Hezekiya (20, 21)

  • 21

    • Manase, umwami w’u Buyuda; ibyaha yakoze (1-18)

      • Yerusalemu yari kurimburwa (12-15)

    • Amoni, umwami w’u Buyuda (19-26)

  • 22

    • Yosiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)

    • Amabwiriza yo gusana urusengero (3-7)

    • Haboneka igitabo cy’Amategeko (8-13)

    • Hulida ahanura ibyago byari kubaho (14-20)

  • 23

    • Ibyo Yosiya yakoze (1-20)

    • Bizihiza Pasika (21-23)

    • Ibindi Yosiya yakoze (24-27)

    • Urupfu rwa Yosiya (28-30)

    • Yehowahazi, umwami w’u Buyuda (31-33)

    • Yehoyakimu, umwami w’u Buyuda (34-37)

  • 24

    • Yehoyakimu yigomeka hanyuma agapfa (1-7)

    • Yehoyakini, umwami w’u Buyuda (8, 9)

    • Icyiciro cya mbere cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (10-17)

    • Sedekiya, umwami w’u Buyuda; Sedekiya yigomeka (18-20)

  • 25

    • Nebukadinezari agota Yerusalemu (1-7)

    • Yerusalemu n’urusengero rwayo bisenywa; icyiciro cya kabiri cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (8-21)

    • Gedaliya agirwa guverineri (22-24)

    • Gedaliya yicwa; abantu bahungira muri Egiputa (25, 26)

    • Yehoyakini arekurwa ari i Babuloni (27-30)