Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cya Kabiri cy’Ibyo ku Ngoma

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Salomo asaba ubwenge (1-12)

    • Ubukire bwa Salomo (13-17)

  • 2

    • Imyiteguro yo kubaka urusengero (1-18)

  • 3

    • Salomo atangira kubaka urusengero (1-7)

    • Ahera Cyane (8-14)

    • Inkingi ebyiri z’umuringa (15-17)

  • 4

    • Igicaniro, Ikigega cy’amazi n’ibikarabiro (1-6)

    • Ibitereko by’amatara, ameza, n’urugo (7-11a)

    • Imirimo ya nyuma yo kubaka urusengero (11b-22)

  • 5

    • Imyiteguro yo gutaha urusengero (1-14)

      • Isanduku izanwa mu rusengero (2-10)

  • 6

    • Salomo ageza ijambo ku baturage (1-11)

    • Isengesho rya Salomo ryo gutaha urusengero (12-42)

  • 7

    • Urusengero rwuzura ikuzo rya Yehova (1-3)

    • Ibyakozwe igihe cyo gutaha urusengero (4-10)

    • Yehova abonekera Salomo (11-22)

  • 8

    • Indi mirimo y’ubwubatsi Salomo yakoze (1-11)

    • Imirimo yakorerwaga mu rusengero ishyirwa kuri gahunda (12-16)

    • Amato ya Salomo (17, 18)

  • 9

    • Umwamikazi w’i Sheba asura Salomo (1-12)

    • Ubukire bwa Salomo (13-28)

    • Urupfu rwa Salomo (29-31)

  • 10

    • Abisirayeli bigomeka kuri Rehobowamu (1-19)

  • 11

    • Ubutegetsi bwa Rehobowamu (1-12)

    • Abalewi b’indahemuka bajya mu Buyuda (13-17)

    • Umuryango wa Rehobowamu (18-23)

  • 12

    • Shishaki atera Yerusalemu (1-12)

    • Iherezo ry’ubutegetsi bwa Rehobowamu (13-16)

  • 13

    • Abiya, umwami w’u Buyuda (1-22)

      • Abiya atsinda Yerobowamu (3-20)

  • 14

    • Abiya apfa (1)

    • Asa, umwami w’u Buyuda (2-8)

    • Asa atsinda ingabo 1.000.000 z’Abanyetiyopiya (9-15)

  • 15

    • Ibyo Asa yahinduye (1-19)

  • 16

    • Isezerano Asa yagiranye na Siriya (1-6)

    • Hanani acyaha Asa (7-10)

    • Urupfu rwa Asa (11-14)

  • 17

    • Yehoshafati, umwami w’u Buyuda (1-6)

    • Gahunda yo kwigisha (7-9)

    • Imbaraga z’igisirikare cya Yehoshafati (10-19)

  • 18

    • Isezerano Yehoshafati yagiranye na Ahabu (1-11)

    • Mikaya ahanura ko umwami yari gutsindwa (12-27)

    • Ahabu yicirwa i Ramoti-gileyadi (28-34)

  • 19

    • Yehu acyaha Yehoshafati (1-3)

    • Ibyo Yehoshafati yahinduye (4-11)

  • 20

    • Ibihugu byegeranye n’ubuyuda bibutera ubwoba (1-4)

    • Yehoshafati asenga asaba ubufasha (5-13)

    • Igisubizo giturutse kuri Yehova (14-19)

    • U Buyuda bukizwa mu buryo bw’igitangaza (20-30)

    • Iherezo ry’ubutegetsi bwa Yehoshafati (31-37)

  • 21

    • Yehoramu, umwami w’u Buyuda (1-11)

    • Ubutumwa bwanditswe na Eliya (12-15)

    • Iherezo ribi rya Yehoramu (16-20)

  • 22

    • Ahaziya, umwami w’u Buyuda (1-9)

    • Ataliya yigarurira ubwami (10-12)

  • 23

    • Yehoyada atabara; Yehowashi aba umwami (1-11)

    • Ataliya yicwa (12-15)

    • Ibyo Yehoyada yahinduye (16-21)

  • 24

    • Ubutegetsi bwa Yehowashi (1-3)

    • Yehowashi asana urusengero (4-14)

    • Ubuhakanyi bwa Yehowashi (15-22)

    • Yehowashi yicwa (23-27)

  • 25

    • Amasiya, umwami w’u Buyuda (1-4)

    • Amasiya arwana n’Abedomu (5-13)

    • Ibikorwa bya Amasiya byo gusenga ibigirwamana (14-16)

    • Amasiya arwana n’Umwami Yehowashi wa Isirayeli (17-24)

    • Urupfu rwa Amasiya (25-28)

  • 26

    • Uziya, umwami w’u Buyuda (1-5)

    • Ibikorwa by’ubutwari bya Uziya (6-15)

    • Ubwibone bwa Uziya butuma arwara ibibembe (16-21)

    • Urupfu rwa Uziya (22, 23)

  • 27

    • Yotamu, umwami w’u Buyuda (1-9)

  • 28

    • Ahazi, umwami w’u Buyuda (1-4)

    • Ahazi atsindwa na Siriya na Isirayeli (5-8)

    • Odedi aburira Isirayeli (9-15)

    • Abayuda bicisha bugufi (16-19)

    • Ibikorwa bya Ahazi byo gusenga ibigirwamana; urupfu rwe (20-27)

  • 29

    • Hezekiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)

    • Ibyo Hezekiya yahinduye (3-11)

    • Urusengero rwezwa (12-19)

    • Imirimo yakorerwaga mu rusengero isubizwaho (20-36)

  • 30

    • Hezekiya yizihiza Pasika (1-27)

  • 31

    • Hezekiya akuraho ubuhakanyi (1)

    • Abatambyi n’Abalewi bahabwa ubufasha (2-21)

  • 32

    • Senakeribu atera ubwoba abaturage b’i Yerusalemu (1-8)

    • Senakeribu asuzugura Yehova (9-19)

    • Umumarayika yica ingabo z’Abasiriya (20-23)

    • Uburwayi bwa Hezekiya no kwishyira hejuru (24-26)

    • Ibyo Hezekiya yagezeho n’urupfu rwe (27-33)

  • 33

    • Manase, umwami w’u Buyuda (1-9)

    • Manase yihana kubera ibibi yakoze (10-17)

    • Urupfu rwa Manase (18-20)

    • Amoni, umwami w’u Buyuda (21-25)

  • 34

    • Yosiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)

    • Ibyo Yosiya yahinduye (3-13)

    • Haboneka igitabo cy’Amategeko (14-21)

    • Hulida ahanura ibyago byari kubaho (22-28)

    • Yosiya asomera abantu igitabo cy’Amategeko (29-33)

  • 35

    • Yosiya ategura Pasika idasanzwe (1-19)

    • Yosiya yicwa na Farawo Neko (20-27)

  • 36

    • Yehowahazi, umwami w’u Buyuda (1-3)

    • Yehoyakimu, umwami w’u Buyuda (4-8)

    • Yehoyakini, umwami w’u Buyuda (9, 10)

    • Sedekiya, umwami w’u Buyuda (11-14)

    • Irimbuka rya Yerusalemu (15-21)

    • Kuro atanga itegeko ryo kongera kubaka urusengero (22, 23)