UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Gashyantare 2024

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 8 Mata–5 Gicurasi, 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 5

“Sinzagutererana”

Iki gice kizigwa kuva ku itariki ya 8-14 Mata 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 6

“Nimusingize izina rya Yehova”

Iki gice kizigwa kuva ku itariki ya 15-21 Mata 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 7

Amasomo tuvana ku Banaziri

Iki gice kiziga kuva ku itariki ya 22-28 Mata 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 8

Komeza kwemera ko Yehova akuyobora

Iki gice kizigwa kuva ku itariki ya 29 Mata 29–5 Gicurasi 2024.

Komeza gutegereza Yehova wishimye

Hari abantu benshi bategereje ko Yehova avanaho iyi si mbi, ariko ibiyiberamo bigatuma bumva barambiwe. Ni iki cyadufasha gukomeza gutegereza Yehova twishimye?

Abavandimwe babiri bashya bo mu Nteko Nyobozi

Ku wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama 2023, hatanzwe itangazo ryihariye ryavugaga ko umuvandimwe Gage Fleegle na Jeffrey Winder, bahawe inshingano yo kuba bamwe mu bagize Inteko Nyobozi y’Abahamya ba Yehova.

Ibibazo by’abasomyi

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana n’ubushobozi Yehova afite bwo kuvuga ibizabaho mu gihe kiri imbere?

Ese wari ubizi?

Reba impamvu eshatu zatumye abanditsi ba Bibiliya basubiramo amagambo amwe n’amwe inshuro nyinshi.